• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 13, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Benshi mu basirikare b’u Burundi, barigucyurwa bavanwa RDC bafunzwe.

minebwenews by minebwenews
December 11, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare b’u Burundi ba barirwa muri magana ane(400), biravugwa ko bacyuwe bavanwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ndetse ko bamaze kugezwa i Bujumbura, mu gihugu c’u Burundi.

Ni nyuma y’uko bariya basirikare bari bigumuye ku buyobozi bwabo bw’Ingabo, aho byavuzwe ko banze kwifatanya na FARDC, FDLR na Wazalendo kurwanya M23.

READ ALSO

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

Nk’uko Pacifique Nininahazwe, umwanditsi w’umurundi akaba n’umuyobozi w’umuryango wa FOCODE, utabariza abarundi benewabo ba ba baburiwe irengero, aheruka kubitangaza yavuze ko bariya basirikare b’u Burundi bavugako “badakomeza gupfira ubusa, intambara bo babona nk’intambara za mafuti.”

Kimweho uyu Pacifique Nininahazwe, kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 10/12/2023, yatangaje ko abasirikare b’u Burundi bavanwe i Goma, bambaye umwambaro w’igisirikare ca FARDC ba barirwa ku 147 bashitse i Bujumbura barafungwa aho yanahise atangaza ko bafungiwe mw’iperereza, bazira kuba baranze kurwanya M23.

Yanakomeje avuga ko k’uwa Gatanu, tariki 08/12/2023, Brigadier General Elie Ndizeye, wa mamaye kw’izina rya Muzinga, uyoboye ingabo za TAFOC (Ingabo z’u Burundi zoherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo), ko yagaragaye atongana n’ingabo ze zanze kuja kurwana na M23. Gen Muzinga igihe kimwe aba ari umusirikare w’u Burundi wo mungabo za EACRF ikindi gihe abari umusirikare uyoboye ingabo zo mu mutwe wa TAFOC.

Harandi makuru ahamya ko k’umunsi w’ejo hashize tariki 10/12/2023, ko Ingabo z’u Burundi za cyuwe ni mugihe herekanwe video igaragaza amakamyo atanu arimo abasirikare benshi barimo bavanwa mu Burasirazuba bw’iki gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, bakambutswa iwabo mu gihugu c’u Burundi.

Muri bimwe bya babaje abasirikare b’u Burundi nk’uko Pacifique Nininahazwe, yabivuze n’uko ngo aba basirikare bajanwa k’urugamba bambaye umwambaro w’igisirikare ca RDC n’ibendera ry’igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Bamwe muri aba basirikare bishwe bambaye uriya mwambaro abandi ba buriwe irengero.

Ibi yabyise ngo ni “Uguhemukirwa.”

Bruce Bahanda.

Tags: Benshi mu basirikare b'u Burundi barigucyurwa bavanwa RDC bafunzweBujumburaMu Burasirazuba bwa RDC

Related Posts

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Next Post

Kandida Tshisekedi, waherukaga i Goma, arikumwe na Paul Kagame umukuru w'igihugu c'u Rwanda, kumunsi w'ejo y'umvikanye amutunga urutoki.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Ibanga ryo Gukira no Kuba Umukire: Uko Umushahara Wawe Wakubakira Ubukire Burambye
  • Ubutumwa Bukomeye bwa Me. Byashoni ku Banyamulenge Bari mu Mahanga: Ukwizera, Ubumwe no Kongera Kubaka Umuryango
  • Byinshi kuri Ebola Ikomeje Kubica Bigacika muri RDC: Tshisekedi Aho Kurwanya Iki Cyorezo Akomeje Intambara, Ibyo Atangaza Binyuranyije n’Ibibera ku Butaka
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?