• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Benshi mu basirikare b’u Burundi, barigucyurwa bavanwa RDC bafunzwe.

minebwenews by minebwenews
December 11, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare b’u Burundi ba barirwa muri magana ane(400), biravugwa ko bacyuwe bavanwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ndetse ko bamaze kugezwa i Bujumbura, mu gihugu c’u Burundi.

You might also like

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Ni nyuma y’uko bariya basirikare bari bigumuye ku buyobozi bwabo bw’Ingabo, aho byavuzwe ko banze kwifatanya na FARDC, FDLR na Wazalendo kurwanya M23.

Nk’uko Pacifique Nininahazwe, umwanditsi w’umurundi akaba n’umuyobozi w’umuryango wa FOCODE, utabariza abarundi benewabo ba ba baburiwe irengero, aheruka kubitangaza yavuze ko bariya basirikare b’u Burundi bavugako “badakomeza gupfira ubusa, intambara bo babona nk’intambara za mafuti.”

Kimweho uyu Pacifique Nininahazwe, kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 10/12/2023, yatangaje ko abasirikare b’u Burundi bavanwe i Goma, bambaye umwambaro w’igisirikare ca FARDC ba barirwa ku 147 bashitse i Bujumbura barafungwa aho yanahise atangaza ko bafungiwe mw’iperereza, bazira kuba baranze kurwanya M23.

Yanakomeje avuga ko k’uwa Gatanu, tariki 08/12/2023, Brigadier General Elie Ndizeye, wa mamaye kw’izina rya Muzinga, uyoboye ingabo za TAFOC (Ingabo z’u Burundi zoherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo), ko yagaragaye atongana n’ingabo ze zanze kuja kurwana na M23. Gen Muzinga igihe kimwe aba ari umusirikare w’u Burundi wo mungabo za EACRF ikindi gihe abari umusirikare uyoboye ingabo zo mu mutwe wa TAFOC.

Harandi makuru ahamya ko k’umunsi w’ejo hashize tariki 10/12/2023, ko Ingabo z’u Burundi za cyuwe ni mugihe herekanwe video igaragaza amakamyo atanu arimo abasirikare benshi barimo bavanwa mu Burasirazuba bw’iki gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, bakambutswa iwabo mu gihugu c’u Burundi.

Muri bimwe bya babaje abasirikare b’u Burundi nk’uko Pacifique Nininahazwe, yabivuze n’uko ngo aba basirikare bajanwa k’urugamba bambaye umwambaro w’igisirikare ca RDC n’ibendera ry’igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Bamwe muri aba basirikare bishwe bambaye uriya mwambaro abandi ba buriwe irengero.

Ibi yabyise ngo ni “Uguhemukirwa.”

Bruce Bahanda.

Tags: Benshi mu basirikare b'u Burundi barigucyurwa bavanwa RDC bafunzweBujumburaMu Burasirazuba bwa RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa” Mu gihe u Burundi bukomeje kwitegura amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu mwaka wa 2027,...

Read moreDetails

Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere

Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere Perezida w’u Burundi, , yongeye gutangaza ibitekerezo bikomeye ku mikorere y’amatora mu gihugu cye, agaragaza ko asaba isubirwamo...

Read moreDetails
Next Post

Kandida Tshisekedi, waherukaga i Goma, arikumwe na Paul Kagame umukuru w'igihugu c'u Rwanda, kumunsi w'ejo y'umvikanye amutunga urutoki.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?