Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Mugihe mu tazaba menge , RDC izomekwa ku kindi Gihugu,” perezida Félix Tshisekedi, yaburiye abanyekongo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 14, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ari mu Ntara ya Kananga, kuri uyu wa Gatatu, 13/12/2023, yongeye guhamagarira abaturage ba Congo Kinshasa, kuba maso ngo kuko nibarangara igihugu cyabo kizigarurirwa na Paul Kagame w’u Rwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Muri ibi bihe RDC y’imbirije kwinjira mu matora, Perezida Félix Tshisekedi, yarushijeho kwibasira i Gihugu c’u Rwanda n’ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame. Gusa ibi k’umunsi w’ejo tariki 13/12/2023 umuvugizi w’ungirije w’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yabigarutseho aho yavuze ko “Tshisekedi akomeje kurangwa n’Indimi zibiri ko ndetse kwitwaza u Rwanda na Perezida Paul Kagame, ari mu rwego rwo kugira ngo yigarurire imitima y’abanyekongo maze baza muhundagazeho amajwi mu matora ateganijwe.”

Tshisekedi akunze kwereka abanyekongo ko u Rwanda arirwo nyiribayazana w’ibibazo byanze gushira muri RDC ahanini mu Burasirazuba bw’iki gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Tshisekedi yagize ati: “Murabizi neza ko abanzi badushoyeho intambara ahanini mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Umwanzi buriya dufite ukomeye ni Paul Kagame, ni tutaba menge, hari byago ko ashobora kutwambura i Gihugu.”

Ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, nawe ubwe barenda gusingira iriya Manda ya Kabiri, bahangane n’u Rwanda bavuga ko ingabo za FARDC zihanganyemo n’iz’u Rwanda.

U Rwanda narwo akenshi bagiye bagaragaza ko ubutegetsi bwa Kinshasa bunanirwa gutunganya ibyiwabo bikarangira babyegetse ku Rwanda.

Bruce Bahanda.

Tags: Izomekwa ku kindi GihuguKanangaMengeMugihePerezida Félix TshisekediRdc
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Uwahoze ari minisitiri w'iterambere, Justin Bitakwira, yongeye k'umvikana ahembera amagambo y'urwango ku Batutsi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?