• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 14, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Mugihe mu tazaba menge , RDC izomekwa ku kindi Gihugu,” perezida Félix Tshisekedi, yaburiye abanyekongo.

minebwenews by minebwenews
December 14, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ari mu Ntara ya Kananga, kuri uyu wa Gatatu, 13/12/2023, yongeye guhamagarira abaturage ba Congo Kinshasa, kuba maso ngo kuko nibarangara igihugu cyabo kizigarurirwa na Paul Kagame w’u Rwanda.

Muri ibi bihe RDC y’imbirije kwinjira mu matora, Perezida Félix Tshisekedi, yarushijeho kwibasira i Gihugu c’u Rwanda n’ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame. Gusa ibi k’umunsi w’ejo tariki 13/12/2023 umuvugizi w’ungirije w’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yabigarutseho aho yavuze ko “Tshisekedi akomeje kurangwa n’Indimi zibiri ko ndetse kwitwaza u Rwanda na Perezida Paul Kagame, ari mu rwego rwo kugira ngo yigarurire imitima y’abanyekongo maze baza muhundagazeho amajwi mu matora ateganijwe.”

READ ALSO

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

Tshisekedi akunze kwereka abanyekongo ko u Rwanda arirwo nyiribayazana w’ibibazo byanze gushira muri RDC ahanini mu Burasirazuba bw’iki gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Tshisekedi yagize ati: “Murabizi neza ko abanzi badushoyeho intambara ahanini mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Umwanzi buriya dufite ukomeye ni Paul Kagame, ni tutaba menge, hari byago ko ashobora kutwambura i Gihugu.”

Ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, nawe ubwe barenda gusingira iriya Manda ya Kabiri, bahangane n’u Rwanda bavuga ko ingabo za FARDC zihanganyemo n’iz’u Rwanda.

U Rwanda narwo akenshi bagiye bagaragaza ko ubutegetsi bwa Kinshasa bunanirwa gutunganya ibyiwabo bikarangira babyegetse ku Rwanda.

Bruce Bahanda.

Tags: Izomekwa ku kindi GihuguKanangaMengeMugihePerezida Félix TshisekediRdc

Related Posts

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Next Post

Uwahoze ari minisitiri w'iterambere, Justin Bitakwira, yongeye k'umvikana ahembera amagambo y'urwango ku Batutsi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • INTWARI MAJOR BYINSHI KIJUGUMBA: Hashize Umwaka Umwe Havuzwe Amakuru y’Urupfu Rwe mu Minembwe
  • Imirwano Hagati y’Ihuriro ry’Ingabo za RDC na MRDP-Twirwaneho Yongeye Kuvugwa i Fizi
  • Ibanga ryo Gukira no Kuba Umukire: Uko Umushahara Wawe Wakubakira Ubukire Burambye
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?