Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma y’iminsi ibiri gusa Tshisekedi atangaje ko mu gihe M23 ya kwibesha igafata agace gato ko yahita atera igihugu c’u Rwanda, kuri uyu wa Gatanu, M23 yafashe Lacalite zine.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 22, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano ikomeye yongeye kubura mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatanu, tariki 22/12/2023. N’imirwano bya vuzwe ko iri guhuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Abacanshuro na Wazalendo.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Nk’uko bya vuzwe iriya mirwano y’ubuye igihe c’isaha za saakumi na zibiri z’urukerera. Ikaba y’uburiye mu bice byo muri Localite ya Lupfunda na Busumba, muri Grupema ya Bashali, teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

N’imirwano bivugwa ko yari ikaze aho ndetse umutwe w’inyeshamba wa M23, wongeye kwigarurira biriya bice bya Lupfunda na Busumba.

Nyuma ya Lupfunda na Busumba, iriya mirwano yakomereje mu nkengero za Rubaya ahazwi, ubutunzi bwinshi bw’amabuye y’Agaciro. Mu makuru yizewe Minembwe Capital News, ikesha abaturage baturiye ibyo bice, baduhamirije ko umutwe wa M23 wa mbuye ihuriro ry’Ingabo za RDC, uduce twa Kinduzi na Gatama, duherereye muri Grupema ya Matanda.

Iy’i mirwano yongeye kubura mu gihe impande zirwana zari zasabwe na leta Zunze Ubumwe z’Amerika, guhagarika imirwano mu gihe cy’ibyumweru bibiri(2).

Gusa abaturiye ibyo bice bahamya ko ihuriro ry’Ingabo za RDC, arizo zashotoye umutwe wa M23 kuva k’umugoroba wo kuri uyu wa Kane, tariki 21/12/2023, aho bivugwa ko habaye gukozanyaho buke.

Iy’i mirwano kandi ibaye mugihe muri RDC hari Amatora y’umukuru w’igihugu ndetse nay’abadepite muri rusange.

Perezida Félix Tshisekedi, aheruka gutangaza ko mu gihe umutwe wa M23 wo kwibesha ugafata akandi gace gato ko muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo cyangwa bakarasa isasu rimwe i Goma, koyahita arasa i Kigali k’u murwa Mukuru w’igihugu c’u Rwanda.

Bruce Bahanda.

Tags: M23MatandaMuri masksRubaya
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post

Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, arashinja ihuriro ry'Ingabo za RDC , kubagabaho ibitero mu gihe bari mu masezerano ya gahenge(Cease-fira).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?