• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kiziya Katolika yanenze ibyavuye mu matora naho Jakaya Kikwete, yaraye ageze i Kinshasa, aserukiye indorerezi za SADC.

minebwenews by minebwenews
December 23, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri RDC, amadini arimo n’irya Keleziya Gatolika, baranenga uburyo Amatora yateguwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yo kw’itariki 20/12/2023.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Bagize bati: “Hari za site zimwe z’amatora zabereyemo imvururu n’imirwano abaturage ntibabasha gutora.”

Bunzemo kandi ati: “Za site zimwe zagiye zishirwa hafi n’ikambi za Gisirikare bishingiye ku ma Shyaka, ibi nabyo byatumye abaturage batinya kuja gutora.”

Ba bitangaje nyuma y’uko CENI, ishinzwe gutegura Amatora itangaje kuri uyu wa Gatanu, tariki 22/12/2023, ko Félix Tshisekedi, yatsinze Amatora kubagiye batorera hanze ya Congo Kinshasa, muri Kanada, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, u Bubiligi, no mu gihugu c’u Bufaransa.

Gusa n’Ishyaka rya PPRD, binyuze mu munyamabanga waryo Mukuru , Ferdinand Kambere, banenze ibyavuye mu matora.

Ati: “Urukiko nirutamagana ibyavuye muri ay’Amatora, tuzahamagarira abaturage gukurikiza itegeko rya 64, maze batwirukanire abategetsi b’igitugu.”

Ibi bibaye kandi mugihe umuryango w’Afrika y’Amajy’epfo SADC, bohereje i ndorerezi zabo ziyobowe na Jakaya Kikwete, wabayeho perezida w’igihugu ca Tanzania, aho yaje azanye na Hery Rajaonarimampianina, nawe w’igeze kuyobora igihugu ca Madagascar.

Aba bakaba baje gushigikira no guhamya ibyavuye mu matora. Tubibutsa ko indorerezi z’uyu muryango wa SADC zakurikiranye ay’amatora mugihe iz’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba EAC, zo zangiwe kuyakurikirana.

Bruce Bahanda.

Tags: CENIIndorereziJakaya KikweteKiliziya KatolikaKinshasaRdcSADCYanenze ibyavuye mu matora
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post

Umunyamulengekazi, Clemantine Nyarange, yapfanye n'umwana we aguye mu kiyaga giherereye i Nakivale, muri Uganda.

Comments 1

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Kuba kubutegetsi ni mbaraga zo kwiba birashoboka buliya Gisegeti arasubiraho maze ahindure imvugo aje mumishikirano na M23 agaruke irwanda indi mandat irangire

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?