• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Perezida Joe Biden, yasabye Repubulika ya Demokarasi ya Congo, gukemura amakimbirane ku kibazo c’amotora mu mahoro.

minebwenews by minebwenews
January 1, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zasabye Repubulika ya Demokarasi ya Congo, gukemura amakimbirane ku kibazo c’amotora mu buryo bwiza kandi bu nogeye bose.

You might also like

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Ibi bya sabwe na leta ya Joe Biden, binyuze muri Minisiteri y’ubanye n’amahanga ya Amerika, bwana Çasoglu, uyoboye iyi minisiteri, yagize ati: “Impaka zose zishingiye k’u matora aheruka kuba muri RDC, turasaba ko zikemurwa munzira y’amahoro, ntaguhutaza kubayeho.”

Yunzemo kandi ati: “Turahamagarira inzego zose zibishinzwe kugerageza uburyo bwose bushoboka ba bikemure mu muco mwiza.”

Ibi bibaye mu gihe abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa harimo na za Sosiyete sivile batemera ibyavuye mu matora.

Ishyaka rya Ensemble pour La République, rya Moïse Katumbi, ryo rishimangira ko uwatsinze Amatora ari umukandinda wabo, Moïse Katumbi Chapwe, aho ndetse bavuga ko batazigera bemera ibyavuye mu matora.

Bagize bati: “Biteye isoni ibyakozwe muri RDC, byitwa ko ari amatora.”

Bunzemo kandi ati: “Amatora agomba gusubirwamo niba abategetsi ba Kongo bifuriza RDC amahoro.”

Ibi kandi bya vuzwe n’abakandida barimo Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege.

Mukwege ati: “Sinzigera nemera ibyavuye mu matora, erega bafite uko ba bipanze. Amatora agomba gusubirwamo.”

Mugihe Martin Fayulu we, yakomeje guhamagarira abaturage ba RDC, guhaguruka bakamagana ubutegetsi bw’igitugu.

Ati: “Biteye isoni, uburyo Amatora yateguwe, abanyekongo bose barabizi ko Amatora yabayemo uburiganya. Agomba gusubirwamo niba abategetsi ba Kongo bifuriza RDC amahoro.”

Tubibutsa ko amajwi y’agateganyo yatangajwe na CENI, kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 31/12/2023, aho batangaje ko perezida Félix Tshisekedi, ko ariwe watsinze k’umajwi 73%, ni amatora yabaye tariki 20/12/2023.

Bruce Bahanda.

Tags: Leta ya Joe BidenYasabye RDC gukemura amakimbirane ku kibazo c'amotora mu mahoro
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post

Umukuru w'igihugu c'u Burundi, yongeye kw'i koma u Rwanda, anasezenya ko agiye kurufatira ingamba nshya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?