Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Perezida Joe Biden, yasabye Repubulika ya Demokarasi ya Congo, gukemura amakimbirane ku kibazo c’amotora mu mahoro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 1, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zasabye Repubulika ya Demokarasi ya Congo, gukemura amakimbirane ku kibazo c’amotora mu buryo bwiza kandi bu nogeye bose.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ibi bya sabwe na leta ya Joe Biden, binyuze muri Minisiteri y’ubanye n’amahanga ya Amerika, bwana Çasoglu, uyoboye iyi minisiteri, yagize ati: “Impaka zose zishingiye k’u matora aheruka kuba muri RDC, turasaba ko zikemurwa munzira y’amahoro, ntaguhutaza kubayeho.”

Yunzemo kandi ati: “Turahamagarira inzego zose zibishinzwe kugerageza uburyo bwose bushoboka ba bikemure mu muco mwiza.”

Ibi bibaye mu gihe abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa harimo na za Sosiyete sivile batemera ibyavuye mu matora.

Ishyaka rya Ensemble pour La République, rya Moïse Katumbi, ryo rishimangira ko uwatsinze Amatora ari umukandinda wabo, Moïse Katumbi Chapwe, aho ndetse bavuga ko batazigera bemera ibyavuye mu matora.

Bagize bati: “Biteye isoni ibyakozwe muri RDC, byitwa ko ari amatora.”

Bunzemo kandi ati: “Amatora agomba gusubirwamo niba abategetsi ba Kongo bifuriza RDC amahoro.”

Ibi kandi bya vuzwe n’abakandida barimo Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege.

Mukwege ati: “Sinzigera nemera ibyavuye mu matora, erega bafite uko ba bipanze. Amatora agomba gusubirwamo.”

Mugihe Martin Fayulu we, yakomeje guhamagarira abaturage ba RDC, guhaguruka bakamagana ubutegetsi bw’igitugu.

Ati: “Biteye isoni, uburyo Amatora yateguwe, abanyekongo bose barabizi ko Amatora yabayemo uburiganya. Agomba gusubirwamo niba abategetsi ba Kongo bifuriza RDC amahoro.”

Tubibutsa ko amajwi y’agateganyo yatangajwe na CENI, kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 31/12/2023, aho batangaje ko perezida Félix Tshisekedi, ko ariwe watsinze k’umajwi 73%, ni amatora yabaye tariki 20/12/2023.

Bruce Bahanda.

Tags: Leta ya Joe BidenYasabye RDC gukemura amakimbirane ku kibazo c'amotora mu mahoro
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post

Umukuru w'igihugu c'u Burundi, yongeye kw'i koma u Rwanda, anasezenya ko agiye kurufatira ingamba nshya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?