Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uhagarariye komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora, muri RDC, yatangaje ko abakandida bakoresheje ruswa kugira batsinde Amatora bagiye guhanwa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 2, 2024
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uhagarariye komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Denis Kadima, yatangaje ko CENI, y’igihugu igiye gukurikirana abakandida bakoresheje ruswa kugira ngo bazatsinde Amatora.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

N’icyemezo cyafashwe ku Cyumweru, tariki 31/12/2023, nk’uko bya tangajwe na perezida w’iyi Komisiyo y’Amatora, aho yagize ati: “Ibikoresho by’itora hakoreshejwe ikorana buhanga rya garagaje ko bamwe mu bakandida biyamamariza u mwanya w’umukuru w’igihugu n’u mwanya wa badepite, bagerageje gutanga ruswa ku bakozi ba CENI, mu rwego rwo kugira ngo bazatsinde Amatora.”

Yakomeje agira ati: “Kuri ubwo rero impuguke zacyu zabashe gutahura ibintu bidasanzwe bizabasha korohereza imirimo ya Komisiyo yashizweho n’inteko rusange ya CENI. Ibihano rero birategejerejwe ku bakandida bakoresheje ruswa mu kuriganya.”

Kadima, yanavuze ko hari n’abandi bakandida ahanini k’u mwanya w’umukuru w’igihugu bagerageje gukoresha itera bwoba ku gira barebe ko botsinda aya matora.

Ati: “Bamwe mu bakandida biyamamariza u mwanya w’umukuru w’igihugu, bagiye bashira itera bwoba ku bakozi ba CENI, ndetse bakoresha na ruswa abo bagomba gufatirwa ibihano. Ibyo byose CENI yarabikumiriye, Amatora agenda neza.”

K’urundi ruhande, Denis Kadima, yibajije ibi bibazo ubwo yaganiraga n’abanyamakuru i Kinshasa, kuri uyu wa Mbere, tariki ya 1/1/2024, agira ati: “N’inde wagize icyaronka kubera ibyaha? Nta gushidikanya abakandida k’u mwanya w’umukuru w’igihugu, nibo banyibayazana wa manyanga ya kozwe yose muri ay’Amatora.”

Yakomeje agaragaza ko ay’amatora yakozwe neza kandi mu bwisanzure ko kandi buri majwi yagiye abarwa bahereye kuri buri biro y’itora.

Denis Kadima, akaba yarangije abwira abanyekongo ko ay’amatora agomba kwandikwa mu mateka ya Congo ngo kur’izi mpamvu: “Amatora yo kw’itariki 20/12/2023, akwiye kwa ndikwa mu mateka ya Congo, icyambere abantu miliyoni 44, biyandikishije mu mezi ane gusa! Abakandida 101.000, k’u rwego rwa perezida w’igihugu na badepite, biyamamaje mu mahoro, abatoreye hanze ya Congo, n’abo batoye mu bwisanzure. Internet ntiyigeze icibwa Abacuruzi bakomeje akazi kabo bisanzwe. Nta gikorwa nakimwe cyigeze gihungabana kubera Amatora.”

Mu gihe k’urundi ruhande abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi, barimo Martin Fayulu, Dr Denis Mukwege na Moïse Katumbi Chapwe ndetse naza Sosiyete sivile banenze ay’amatora haba no gusaba ko uyahagarariye akwiye gutabwa muriyombi azira kuba yarakoresheje uburiganya muri ay’Amatora.

Kugeza ubu impande ninshi zikomeje gusaba ko Amatora yasubirwamo.

Bruce Bahanda.

Tags: Abakandida bakoresheje ruswa kugira batsinde Amatora bagiye guhanwaDenis Kadima
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Abanyekongo bo ngeye kwibaza ibihe bagiye kwinjiramo nyuma y'uko Moïse Katumbi, atangaje ibikaze.

Comments 1

  1. Mugunguza Fidele says:
    2 years ago

    Turaza kureba uko birangira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?