• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), ya bwiye abifuriza u Rwanda, intambara ko aba rurinda bada kangika.

minebwenews by minebwenews
January 2, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’igihugu c’u Rwanda (RDF), zongeye kw’i butsa perezida Félix Tshisekedi, wasezeranije kuzatera u Rwanda, ko zidakangika.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ni mukiganiro umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, w’ungirije, Lt Col. Kabera Simon, yahaye Abanyamakuru, i Kigali, mu Rwanda.

Nk’uko ya bigaragaje yakoze ikiganiro ashingiye ku biheruka gutangazwa na perezida Félix Tshisekedi, wa hishuye ko leta ye, izashora intambara k’u gihugu c’u Rwanda.

Gusa, umukuru w’igihugu c’u Rwanda, Paul Kagame, nawe aheruka kuvuga kubifuriza intambara u Rwanda, ubwo yagezagaho Abanyarwanda, ijambo ryo gusoza umwaka w’2023, yagize ati: “Kubera ibyo twanyuzemo ntabwo turi abo gukangika, twifitiye icyizere cyo kurinda abaturage, nka babwira nti nibasinzire batekane.”

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, w’ungirije yashimangiye ijambo rya perezida w’u Rwanda, agira ati: “Gucunga umutekano w’u Rwanda n’izo nshingano z’Ingabo z’u Rwanda.”

“Abaturage bacu, Abanyarwanda aho bari hose, buriya ibintu ushobora gufataho umwanzuro ushingiye ku byo ubona. Abaturage, bagenda mu bice bya Rubavu, bara bibona uburyo abantu bisanzuye; navuga ko umutekano uhagaze neza hose mu Gihugu.”

Yakomeje agira ati: “Itegeko nshinga riha Ingabo z’u Rwanda inshingano zo kurinda ubusugire bw’igihugu, ndetse iz’i nshingano nti turazitezukaho kandi navuga ngo ntiduteze gukoza isoni Abanyarwanda. Intego turayifite yo gucunga umutekano w’i Gihugu n’u bushake turabufite, n’imbaraga, turazifite.”

Umuvugizi w’igisirikare c’u Rwanda, w’ungirije, ya navuze ko “amagambo y’itera bwoba,” abategetsi ba Congo Kinshasa, barimo na perezida Félix Tshisekedi, uheruka kwe gukana intsinzi mu matora aheruka muri RDC, ko adakwiye kugira u munyarwanda atera ubwoba.

Simon Kabera, yasoje avuga ko leta ya Kinshasa, ihora ishinja Kigali, ibintu bidafite ishingiro kandi iyo leta icyumbikiye abasize bakoze Genocide mu Rwanda, ya korewe Abatutsi, mu mwaka w’ 1994.

Bruce Bahanda.

Tags: Umuvugizi w'Ingabo z'u RwandaYabwiye abifuriza u Rwanda intambara ko aba rurinda bada kangika
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post

Byiswe ko bimaze kurenga igipimo, ni mugihe undi musirikare wo mungabo za FARDC, uvuka mu bwoko bw'Abanyamulenge, yafunzwe i b'Uvira, azira ubwoko bwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?