Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), ya bwiye abifuriza u Rwanda, intambara ko aba rurinda bada kangika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 2, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’igihugu c’u Rwanda (RDF), zongeye kw’i butsa perezida Félix Tshisekedi, wasezeranije kuzatera u Rwanda, ko zidakangika.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni mukiganiro umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, w’ungirije, Lt Col. Kabera Simon, yahaye Abanyamakuru, i Kigali, mu Rwanda.

Nk’uko ya bigaragaje yakoze ikiganiro ashingiye ku biheruka gutangazwa na perezida Félix Tshisekedi, wa hishuye ko leta ye, izashora intambara k’u gihugu c’u Rwanda.

Gusa, umukuru w’igihugu c’u Rwanda, Paul Kagame, nawe aheruka kuvuga kubifuriza intambara u Rwanda, ubwo yagezagaho Abanyarwanda, ijambo ryo gusoza umwaka w’2023, yagize ati: “Kubera ibyo twanyuzemo ntabwo turi abo gukangika, twifitiye icyizere cyo kurinda abaturage, nka babwira nti nibasinzire batekane.”

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, w’ungirije yashimangiye ijambo rya perezida w’u Rwanda, agira ati: “Gucunga umutekano w’u Rwanda n’izo nshingano z’Ingabo z’u Rwanda.”

“Abaturage bacu, Abanyarwanda aho bari hose, buriya ibintu ushobora gufataho umwanzuro ushingiye ku byo ubona. Abaturage, bagenda mu bice bya Rubavu, bara bibona uburyo abantu bisanzuye; navuga ko umutekano uhagaze neza hose mu Gihugu.”

Yakomeje agira ati: “Itegeko nshinga riha Ingabo z’u Rwanda inshingano zo kurinda ubusugire bw’igihugu, ndetse iz’i nshingano nti turazitezukaho kandi navuga ngo ntiduteze gukoza isoni Abanyarwanda. Intego turayifite yo gucunga umutekano w’i Gihugu n’u bushake turabufite, n’imbaraga, turazifite.”

Umuvugizi w’igisirikare c’u Rwanda, w’ungirije, ya navuze ko “amagambo y’itera bwoba,” abategetsi ba Congo Kinshasa, barimo na perezida Félix Tshisekedi, uheruka kwe gukana intsinzi mu matora aheruka muri RDC, ko adakwiye kugira u munyarwanda atera ubwoba.

Simon Kabera, yasoje avuga ko leta ya Kinshasa, ihora ishinja Kigali, ibintu bidafite ishingiro kandi iyo leta icyumbikiye abasize bakoze Genocide mu Rwanda, ya korewe Abatutsi, mu mwaka w’ 1994.

Bruce Bahanda.

Tags: Umuvugizi w'Ingabo z'u RwandaYabwiye abifuriza u Rwanda intambara ko aba rurinda bada kangika
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Byiswe ko bimaze kurenga igipimo, ni mugihe undi musirikare wo mungabo za FARDC, uvuka mu bwoko bw'Abanyamulenge, yafunzwe i b'Uvira, azira ubwoko bwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?