Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), ya bwiye abifuriza u Rwanda, intambara ko aba rurinda bada kangika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 2, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’igihugu c’u Rwanda (RDF), zongeye kw’i butsa perezida Félix Tshisekedi, wasezeranije kuzatera u Rwanda, ko zidakangika.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ni mukiganiro umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, w’ungirije, Lt Col. Kabera Simon, yahaye Abanyamakuru, i Kigali, mu Rwanda.

Nk’uko ya bigaragaje yakoze ikiganiro ashingiye ku biheruka gutangazwa na perezida Félix Tshisekedi, wa hishuye ko leta ye, izashora intambara k’u gihugu c’u Rwanda.

Gusa, umukuru w’igihugu c’u Rwanda, Paul Kagame, nawe aheruka kuvuga kubifuriza intambara u Rwanda, ubwo yagezagaho Abanyarwanda, ijambo ryo gusoza umwaka w’2023, yagize ati: “Kubera ibyo twanyuzemo ntabwo turi abo gukangika, twifitiye icyizere cyo kurinda abaturage, nka babwira nti nibasinzire batekane.”

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, w’ungirije yashimangiye ijambo rya perezida w’u Rwanda, agira ati: “Gucunga umutekano w’u Rwanda n’izo nshingano z’Ingabo z’u Rwanda.”

“Abaturage bacu, Abanyarwanda aho bari hose, buriya ibintu ushobora gufataho umwanzuro ushingiye ku byo ubona. Abaturage, bagenda mu bice bya Rubavu, bara bibona uburyo abantu bisanzuye; navuga ko umutekano uhagaze neza hose mu Gihugu.”

Yakomeje agira ati: “Itegeko nshinga riha Ingabo z’u Rwanda inshingano zo kurinda ubusugire bw’igihugu, ndetse iz’i nshingano nti turazitezukaho kandi navuga ngo ntiduteze gukoza isoni Abanyarwanda. Intego turayifite yo gucunga umutekano w’i Gihugu n’u bushake turabufite, n’imbaraga, turazifite.”

Umuvugizi w’igisirikare c’u Rwanda, w’ungirije, ya navuze ko “amagambo y’itera bwoba,” abategetsi ba Congo Kinshasa, barimo na perezida Félix Tshisekedi, uheruka kwe gukana intsinzi mu matora aheruka muri RDC, ko adakwiye kugira u munyarwanda atera ubwoba.

Simon Kabera, yasoje avuga ko leta ya Kinshasa, ihora ishinja Kigali, ibintu bidafite ishingiro kandi iyo leta icyumbikiye abasize bakoze Genocide mu Rwanda, ya korewe Abatutsi, mu mwaka w’ 1994.

Bruce Bahanda.

Tags: Umuvugizi w'Ingabo z'u RwandaYabwiye abifuriza u Rwanda intambara ko aba rurinda bada kangika
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post

Byiswe ko bimaze kurenga igipimo, ni mugihe undi musirikare wo mungabo za FARDC, uvuka mu bwoko bw'Abanyamulenge, yafunzwe i b'Uvira, azira ubwoko bwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?