• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare barenga 24, bo mu Ngabo za FARDC, bafunzwe bazira gutinya Ingabo zo mu mutwe wa M23.

minebwenews by minebwenews
January 3, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare 26 bo mu Ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo(FARDC), i Sake, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, batawe muriyombi bazira kwi kanga Ingabo zitiriwe Ishamba ry’Isarambwe (M23).

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Nk’uko bya vuzwe n’uko bariya basirikare kwari 26, bahagaritswe kuva kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 02/01/2024.

Amakuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwakira avuga ko bariya basirikare bamwe muribo bikanze Ingabo zo mu mutwe wa M23 abandi bakaba barazize kwanga kurwanya M23.

Ubuhamya twahawe kuri MCN, bugira buti: “Ku wa Kabiri w’ejo hashize, amasasu y’umvikanye arasirwa i Mubambiro no mu Mujyi wa Sake, abayarashe bari bikanze, Ingabo zo mu mutwe wa M23.”

Ubuhamya bukomeza bugira buti: “Hari n’abandi basirikare bahakanye ko batazongera kuja mu rugamba na M23. Iperereza rikomeje gukorwa ngo hatahurwe abasirikare bose batinye kuzongera kuja m’urugamba na M23.”

Ibi bibaye mugihe i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu ca RDC, hakomeje kuvugwa urwikwekwe mu basirikare bakuru, aho bamwe bashinjwa kuba bashaka guhirika u butegetsi no gushigikira imitwe y’inyeshamba y’itwaje Imbunda irimo na M23.

Mu ijoro ryakeye ryo kw’itariki ya 02/1/2024, urugo rwo kwa Gen Tangufort Amis, rwagezemo itsinda ry’Abasirikare benshi bo mu bashinzwe kurinda u mukuru w’igihugu. Gen Amis Tangufort, akaba azira kuba yaraketsweho gushaka guhirika u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, no gushigikira abarwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.

Imirwano ihanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, imaze imyaka itatu irenga. N’imirwano yagiye iha M23 kwa mbura ibice byinshi biri muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo.

Bruce Bahanda.

Tags: Abasirikare ba FARDC barenga 24 bafunzwe bazira gutinya M23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post

Nyuma y'igihe kirekire, Ingabo za Fardc, mu Minembwe, zidahabwa Amafranga bita, aya "Ration," bongeye ku ya habwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?