• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 16, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma y’igihe kirekire, Ingabo za Fardc, mu Minembwe, zidahabwa Amafranga bita, aya “Ration,” bongeye ku ya habwa.

minebwenews by minebwenews
January 3, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo(FARDC), zikorera mu bice byo muri Komine ya Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zongeye guhabwa amafranga y’ibyokurya, ayo bita aya “Ration.”

Ni kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 03/01/2024, Colonel Alexis Rugabisha, yongeye kugera mu Minembwe, avuye i Bukavu, k’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho yaje azaniye abasirikare ifaranga za “Ration,” bari bamaze igihe kirekire badahabwa na Kinshasa.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Amakuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwakira avuga ko bariya basirikare bo muri brigade ya 12, ikorera mu misozi miremire y’Imulenge, bari bamaze igihe kingana n’Amezi arenga atandatu, badahabwa amafranga, zaba, iz’umushahara, cyangwa ifranga za “Ration,” bivuze, iz’i byo kurya.

Ibi byari bimaze gutera amapfa mu basirikare aho ndetse byari bimaze ku menyekana ko bamwe muribo bagiye, bambura imyambaro ya Gisirikare bakambara iya gisevile, kugira ngo “bahingire abaturage, nabo babahe ibyo barya.”

Amakuru yatanzwe n’abamwe mu Ngabo za RDC, agira ati: “Ingabo za RDC, zimaze igihe mu mihangayiko, muri bimwe bitunze Ingabo za FARDC, harimo [ubujura], biba mu rwego rwo kugira ngo ba beho.”

Yakomeje ati: “Ubushize ifaranga z’Abasirikare zaraje, umwe muribo araziba zarakayabo, kugeza ubu uwazibye ntarengero rye.”

Ibi bikaba byaratumye Inzara ivuza, ubuhuha mu Ngabo za Fardc, mu Minembwe, arinabyo byari byarakuruye ubujura bwinshi mu mirima y’abaturage.

Mu mezi make ashize havuzwe ko abasirikare bari mu Minembwe, bakoze amasengesho y’iminsi irenga itanu basaba Imana yo mw’Injuru, guha leta ya Kinshasa, umutima urengera abasirikare b’igihugu cyabo.

Ahari, Imana yoba y’umvise gusenga kw’a basirikare bo muri brigade ya 12, Bibilia, igira iti: “Musabe muzahabwa,” tubisanga mu gitabo cya Matayo 7:7.

Bruce Bahanda.

Tags: Bongeye kuzihabwaFardcIfaranga bita iza RationMu Minembwe

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post

Umzalendo, Colonel Toronto, wigambye kwica Abanyamulenge, yongeye ku batangariza amahoro, mu Bibogobogo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Uvira: Urusaku rw’Amasasu rwateje Ubwoba mu Baturage — Ese Ifungwa rya Fyeka Adui ni ryo Rikomeje Guhungabanya Umutekano?
  • RDC: Manda ya Gatatu ya Tshisekedi: Ibyo Perezida Yavuze n’Impaka Byateje mu Gihugu
  • Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?