• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imigabo, n’imigambi, y’Ingabo za SADC, zo herejwe mu Burasirazuba bwa RDC, yatangajwe.

minebwenews by minebwenews
January 4, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imigabo, n’imigambi, y’Ingabo za SADC, zoherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangajwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ingabo zo mu muryango w’iterambere ry’Afrika y’Amajy’epfo, zizwi kw’izina rya “SAMIDRC,” zageze k’ubutaka bwa RDC, ahagana tariki ya 15/12/2023, nk’uko iy’inkuru tuyikesha urubuga rwa SADC news.

Iza maze kugera muri RDC, zigizwe n’izi gihugu ca Malawi, Afrika y’Epfo n’iza Tanzania.

Intego yaziriya Ngabo nk’uko ruriya rubuga rwa komeje rubitangaza, ahanini uriya muryango w’Afrika y’Amajy’epfo, wohereje ingabo zabo muri RDC, kugira “zije gufatanya n’Abanyekongo ndetse n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo(Fardc), ku rwanywa Imitwe y’itwaje imbunda iherereye mu Burasirazuba bwa RDC.”

Bakomeje bavuga ati: “Kuba SAMIDRC, iri muri RDC, byerekana ubushake bw’ibihugu bigize u muryango wa SADC gushigikira igihugu ca RDC, mu bikorwa bigamije kugera k’u mahoro arambye.”

Kohereza ingabo za SAMIDRC, bihuye “n’amasezerano agize uyu muryango yashizweho kuva mu mwaka w’2003.” N’amasezerano ashimangira ibi bikurikira: “Igitero gikozwe n’abitwaje imbunda, icyaricyo cyose kizibasira kimwe mu gihugu kigize uyu muryango, kizafatwa nk’i guhungabanya umutekano wa karere, SADC, izahita ibifatira ibyemezo.”

Ay’amakuru akomeza avuga ko umwanzuro wokohereza Ingabo za SADC, mu Burasirazuba bwa RDC, wafatiwe i Windhoek, mu gihugu ca Namibia, ku ya 08/05/2023.

Bikaba bya vuzwe ko Ingabo za SAMIDRC, zahawe kuyoborwa na Major Gen Monwabisi Dyakopu, wo mu gihugu ca Afrika y’Epfo.

Bruce Bahanda.

Tags: Imigabo n'imigambi y'Ingabo za SADC zoherezwa mu Burasirazubwa bwa RDCSamidrcYatangajwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Corneille Nangaa, umugabo utinyitse muriki gihe, ya buriye Ingabo za SADC, ziheruka koherezwa mu Burasirazuba bwa RDC, kurwanya M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?