Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ishyaka rya Moïse Katumbi, ryashize hanze ibyo bifuza ko Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora, yakora mu maguru mashya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 8, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishyaka rya Ensemble pour La République, riyobowe na Moïse Katumbi Chapwe, uri mu bakandida biyamamarije ku mwanya w’umukuru w’igihugu mu matora aheruka kuba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bakoze icyegeranyo gisaba ko Amatora ateshwa agaciro hakongera kuba Amatora bundi bushya.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

N’icyegeranyo kigaragaza ko cyakozwe kw’itariki ya 06/01/2024, aho kiriho n’umukono w’umuyobozi w’iryo Shyaka rya Ensemble pour La République, bwana Moïse Katumbi Chapwe.

Mw’ijambo nyamukuru riri muricyo Cyegeranyo bagize bati: “Ntakindi gisubizo, dutegereje, oya hasabwa gusa ko Amatora, aba infabusha.”

Bakomeje bagira bati: “Nshuti zacyu niba hariho ko dukunda igihugu cyacu, ay’amatora na teshwe agaciro.”

Naho uwitwa Constant Mutamba, nawe wari umukandinda k’u mwanya w’umukuru w’igihugu, muri video yashize hanze kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki ya 07/01/2024, yashimiye CENI ndetse ashimira na perezida Félix Tshisekedi, watangajwe kwariwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu yo kw’itariki 20/12/2023.

Ati: “Ndashimira CENI yakoze uko ishoboye kose irwanya ibitero byarimo byibasira ibikorwa bya Matora; nongeye gushimira Tshisekedi kuba yaragiriwe icyizere akongera gutorerwa kuyobora igihugu.”

Ibi bibaye mugihe union Sacre ya perezida Félix Tshisekedi, yashize icyegeranyo hanze isabako Amatora yotangazwa ku badepite.

Ati: “Turashigikira ko abakandida batowe n’abaturage batangazwa.”

N’itangazo bashize hanze itariki ya 05/01/2024, ariko rigaragaza ko i Nama yahuje abahuriye muri Union Sacre ya perezida Félix Tshisekedi, yateranye k’uwa Kane, itariki ya 04/01/2024.

Bruce Bahanda.

Tags: Ishyaka rya Ensemble pour la RépubliqueMoïse Katumbi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post

Hateguwe imyigaragambyo karandura yo kwa magana Wazalendu, i Nyamilima na Buramba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?