Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ishyaka rya Moïse Katumbi, ryashize hanze ibyo bifuza ko Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora, yakora mu maguru mashya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 8, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishyaka rya Ensemble pour La République, riyobowe na Moïse Katumbi Chapwe, uri mu bakandida biyamamarije ku mwanya w’umukuru w’igihugu mu matora aheruka kuba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bakoze icyegeranyo gisaba ko Amatora ateshwa agaciro hakongera kuba Amatora bundi bushya.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

N’icyegeranyo kigaragaza ko cyakozwe kw’itariki ya 06/01/2024, aho kiriho n’umukono w’umuyobozi w’iryo Shyaka rya Ensemble pour La République, bwana Moïse Katumbi Chapwe.

Mw’ijambo nyamukuru riri muricyo Cyegeranyo bagize bati: “Ntakindi gisubizo, dutegereje, oya hasabwa gusa ko Amatora, aba infabusha.”

Bakomeje bagira bati: “Nshuti zacyu niba hariho ko dukunda igihugu cyacu, ay’amatora na teshwe agaciro.”

Naho uwitwa Constant Mutamba, nawe wari umukandinda k’u mwanya w’umukuru w’igihugu, muri video yashize hanze kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki ya 07/01/2024, yashimiye CENI ndetse ashimira na perezida Félix Tshisekedi, watangajwe kwariwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu yo kw’itariki 20/12/2023.

Ati: “Ndashimira CENI yakoze uko ishoboye kose irwanya ibitero byarimo byibasira ibikorwa bya Matora; nongeye gushimira Tshisekedi kuba yaragiriwe icyizere akongera gutorerwa kuyobora igihugu.”

Ibi bibaye mugihe union Sacre ya perezida Félix Tshisekedi, yashize icyegeranyo hanze isabako Amatora yotangazwa ku badepite.

Ati: “Turashigikira ko abakandida batowe n’abaturage batangazwa.”

N’itangazo bashize hanze itariki ya 05/01/2024, ariko rigaragaza ko i Nama yahuje abahuriye muri Union Sacre ya perezida Félix Tshisekedi, yateranye k’uwa Kane, itariki ya 04/01/2024.

Bruce Bahanda.

Tags: Ishyaka rya Ensemble pour la RépubliqueMoïse Katumbi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Hateguwe imyigaragambyo karandura yo kwa magana Wazalendu, i Nyamilima na Buramba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?