• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Moïse Katumbi, yashimiye abaturage ba Kashobwe, ba mugobotse nyuma y’uko atewe iwe murugo.

minebwenews by minebwenews
January 9, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Moïse Katumbi, yashimiye abaturage baturiye Kashobwe, ba mugobotse nyuma y’uko inzego zishinzwe umutekano k’umunsi w’ejo hashize, tariki ya 08/01/2024, bari bazengurutse i nzu ye, iherereye i Kashobwe, mu Ntara ya Haut-Katanga.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ejo, hashize ahagana isaha z’igicamunsi, n’ibwo k’urugo rwa Moïse Katumbi, hageze abasirikare benshi bavanze n’Abapolisi maze bazenguruka urugo rwe, bitwaje imbunda ziremereye n’izito.

Mu makuru yatanzwe igihe c’isaha z’ijoro rishira kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 09/01/2024, bavuze ko nyuma y’uko Abasirikare n’Abapolisi bazengurutse urugo rwa Moïse Katumbi Chapwe, abaturage bahise batabara Moïse Katumbi, ku bwinshi. Ibi byatumye Abasirikare n’Abapolisi burira imodoka bagana iyo baje bava.

Bwana Moïse Katumbi, akoresheje urubuga rwa X, yashimiye abaturage ba mutabaye.

Yagize ati: “Ndashaka kongera gushimira abaturage ba Kashobwe, ndetse n’Abanyekongo bose muri rusange. Ejo, leta yohereje imitwe y’itwaje imbunda kugira bagote urugo rwanjye ba bone uko bantera ubwoba. Rero baturage ibyo mwankoreye n’ibyiza kuko mwarantabaye.”

“Ntakindi tuzira n’uko tuvuga ko Amatora aheruka kuba muri RDC, yabayemo uburiganya.”

Moïse Katumbi Chapwe, yasoje avuga ati: “Nshuti zanjye banyekongo, ntakindi gisubizo dutegereje usibye ko Amatora yo kw’itariki 20 yoba imfabusha hakongera kuba Amatora bundi bushya.”

Bruce Bahanda.

Tags: Moïse KatumbiYashimiye abaturage ba Kashobwe ba mugobotse nyuma y'uko atewe iwe murugo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post

Abasirikare ba leta ya Kinshasa, bavuka mu Ntara ya Katanga, bari gutotezwa bazira i Ntara yabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?