• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Moïse Katumbi, utemera ibya vuye mu matora, yabwiye abanyekongo ko “umwijima uri muri RDC ufite igihe cyabo.”

minebwenews by minebwenews
January 10, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Moïse Katumbi Chapwe, utemera ibya vuye mu matora aheruka kuba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yatangarije Abaturage ba RDC, ko umwijima ugira igihe cyawo bityo rero ko no muri Congo uzashira.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

N’ibyo yatangaje nyuma y’uko tariki ya 08/01/2024, Urukiko rurengera itegeko Nshinga muri RDC, rwa tangaje ko Félix Tshisekedi, yatsinze amatora yo kw’itariki ya 20/12/2023. Mu mpera z’u kwezi kwa 12, CENI, yatangaje ko Tshisekedi yatsindanye amajwi angana na 73, 47%, aho Moïse Katumbi, yaje ku mwanya wa kabiri n’amajwi 18%.

Abatemera ibya vuye mu matora harimo na Moïse Katumbi, banenze komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora ndetse bayishinja gukora iby’uburiganya, ba bitegetswe n’ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi.

Moïse Katumbi, ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wo k’uwa Gatatu, tariki ya 10/01/2024, yakoresheje urubuga rwe, rwa X, maze agira ati: “N’ibyiza ko abaturage bo mu Gihugu cyacu, ba menya ko umwijima utazahora mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo. Haricyo mutazi hari mbaraga z’umwijima ziri muri iki Gihugu kandi zishimira mu mayeri zikoresha, ariko mba mbwire benewacu ntimwihebe, kuko abakoresha uwo mwijima bazi neza ko hari uzabarwanya akabatsinda.”

Katumbi yunzemo kandi ati: “Umwaka w’2018 ntuzahwana n’uwa 2023. Imana izabohora iki Gihugu binyuze muri twe, ikindi n’uko ingingo ya 64 izakurikizwa.”

Ibi kandi byunzwemo na Dr Denis Mukwege, nawe wari mubahiganwe muri ay’amatora na Perezida Félix Tshisekedi, aho yagize ati: “Uruhare rwanjye nara rukoze, nditoza, Abaturage nabo bakoze ibyabo bi bareba baradutora, ariko ikibabaje ni ruswa yamaze kumunga bamwe muri iki Gihugu. Uburiganya ntibuzahoraho muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, harigihe ibi bizashira, tubyitege.”

Bruce Bahanda.

Tags: Moïse KatumbiUmwijima ufite Igihe cyawo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post

Ubuyobozi bw'u mutwe wa M23, bwa maganye bwivuye inyuma Radio Okapi, y'u muryango w'Abibumbye,ikorera muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?