• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, May 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Moïse Katumbi, utemera ibya vuye mu matora, yabwiye abanyekongo ko “umwijima uri muri RDC ufite igihe cyabo.”

minebwenews by minebwenews
January 10, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Moïse Katumbi Chapwe, utemera ibya vuye mu matora aheruka kuba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yatangarije Abaturage ba RDC, ko umwijima ugira igihe cyawo bityo rero ko no muri Congo uzashira.

You might also like

Le Président Museveni et Tshisekedi sur la voie du renforcement de leurs relations

Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu

N’ibyo yatangaje nyuma y’uko tariki ya 08/01/2024, Urukiko rurengera itegeko Nshinga muri RDC, rwa tangaje ko Félix Tshisekedi, yatsinze amatora yo kw’itariki ya 20/12/2023. Mu mpera z’u kwezi kwa 12, CENI, yatangaje ko Tshisekedi yatsindanye amajwi angana na 73, 47%, aho Moïse Katumbi, yaje ku mwanya wa kabiri n’amajwi 18%.

Abatemera ibya vuye mu matora harimo na Moïse Katumbi, banenze komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora ndetse bayishinja gukora iby’uburiganya, ba bitegetswe n’ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi.

Moïse Katumbi, ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wo k’uwa Gatatu, tariki ya 10/01/2024, yakoresheje urubuga rwe, rwa X, maze agira ati: “N’ibyiza ko abaturage bo mu Gihugu cyacu, ba menya ko umwijima utazahora mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo. Haricyo mutazi hari mbaraga z’umwijima ziri muri iki Gihugu kandi zishimira mu mayeri zikoresha, ariko mba mbwire benewacu ntimwihebe, kuko abakoresha uwo mwijima bazi neza ko hari uzabarwanya akabatsinda.”

Katumbi yunzemo kandi ati: “Umwaka w’2018 ntuzahwana n’uwa 2023. Imana izabohora iki Gihugu binyuze muri twe, ikindi n’uko ingingo ya 64 izakurikizwa.”

Ibi kandi byunzwemo na Dr Denis Mukwege, nawe wari mubahiganwe muri ay’amatora na Perezida Félix Tshisekedi, aho yagize ati: “Uruhare rwanjye nara rukoze, nditoza, Abaturage nabo bakoze ibyabo bi bareba baradutora, ariko ikibabaje ni ruswa yamaze kumunga bamwe muri iki Gihugu. Uburiganya ntibuzahoraho muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, harigihe ibi bizashira, tubyitege.”

Bruce Bahanda.

Tags: Moïse KatumbiUmwijima ufite Igihe cyawo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Le Président Museveni et Tshisekedi sur la voie du renforcement de leurs relations

by Bahanda Bruce
May 7, 2026
0
Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

Le Président Museveni et Tshisekedi sur la voie du renforcement de leurs relations Le président de la République démocratique du Congo, Félix Tshisekedi, a reçu l’émissaire spécial du...

Read moreDetails

Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

by Bahanda Bruce
May 7, 2026
0
Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yakiriye intumwa yihariye ya Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni,...

Read moreDetails

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu Muri iyi minsi, mu Burundi hongeye kuvugwa amakuru n’ibihuha bivuga ko...

Read moreDetails

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0
Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye Perezida wa Kenya, , ari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Tanzania rwatangiye ku wa Mbere tariki...

Read moreDetails

Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko

by Bahanda Bruce
May 3, 2026
0
Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko

Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yashimangiye ko umubano w’u Rwanda na Tanzania ukomeje gushingira...

Read moreDetails
Next Post

Ubuyobozi bw'u mutwe wa M23, bwa maganye bwivuye inyuma Radio Okapi, y'u muryango w'Abibumbye,ikorera muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?