Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarimo n’Abasirikare baregwa icyaha cyo gutera inkunga u mutwe wa, bakatiwe igihano cyo gufungwa abandi bagirwa abere.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 12, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

K’uwa Kane, w’ejo hashize, tariki ya 11/01/2024, abantu makumyabiri n’umwe(21), barimo n’Abasirikare ba biri bo mu Ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bashinjwa icyaha cyo gutera inkunga u mutwe w’inyeshamba wa M23, bamwe muribo bakatiwe igihano cyo gufungwa kuva ku myaka itanu(5) kugeza ku myaka icumi(10) abandi bagizwe abere.

You might also like

Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y’u Rwanda na RDC.

Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa.

Perezida Museveni yavuze amavu n’amavuko y’intambara ya Israel na Iran, ndetse avuga n’uko yorangizwa.

Nk’uko bya vuzwe ibi bya vuye mu myanzuro u rukiko rwa Gisirikare ruherereye i Gombe, k’u murwa mukuru w’igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ariwo i Kinshasa.

Ay’amakuru akomeza avuga ko icenda(9), muri bariya makumyabiri n’umwe 21, bashinjwa icyaha cyo gutera inkunga u mutwe wa M23 urwanira mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya, nibo bagizwe abere naho bariya basirikare bo bahanwa igihano cyo gufungwa Imyaka 10, abatari abasirikare bahabwa igihano cyo gufungwa Imyaka 5.

Bruce Bahanda.

Tags: Abarimo n'Abasirikare baregwa icyaha cyo gutera inkunga u mutwe wa M23Bakatiwe igihano cyo gufungwa abandi bagirwa abere
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y’u Rwanda na RDC.

by Bruce Bahanda
June 26, 2025
0
Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y’u Rwanda na RDC.

Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y'u Rwanda na RDC. Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yatangaje ko inyandiko izashyirwaho umukono ku wa gatanu, ko ari...

Read moreDetails

Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
June 26, 2025
0
Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa.

Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa. Olusegun Obasanjo wabaye umukuru w'igihugu cya Nigeria yagiriye uruzinduko i Kinshasa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, agirana ibiganiro n'umukuru w'iki...

Read moreDetails

Perezida Museveni yavuze amavu n’amavuko y’intambara ya Israel na Iran, ndetse avuga n’uko yorangizwa.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Perezida Museveni yavuze amavu n’amavuko y’intambara ya Israel na Iran, ndetse avuga n’uko yorangizwa.

Perezida Museveni yavuze amavu n'amavuko y'intambara ya Israel na Iran, ndetse avuga n'uko yorangizwa. Umukuru w'igihugu cya Uganda, Yoweli Kaguta Museveni, yatangaje ko intambara ihanganishije Israel, Iran na...

Read moreDetails

Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze. Umukuru w'igihugu cya Uganda Yoweli Kaguta Miseveni azongera yiyamamaze mu matora ateganyijwe kuba muri iki gihugu umwaka utaha wa 2026. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Olusegun Obasanjo.

by Bruce Bahanda
June 24, 2025
0
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Olusegun Obasanjo.

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Olusegun Obasanjo. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye mu biro bye Olusegun Obasanjo wahoze ari Perezida wa Nigeria. Ni kuri uyu wa...

Read moreDetails
Next Post

Ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, bwasabye iperereza ry'Imbitse ku matora aheruka kuba muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?