• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, May 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bwasabye iperereza ry’Imbitse ku matora aheruka kuba muri RDC.

minebwenews by minebwenews
January 12, 2024
in Regional Politics
6
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiro bya perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika birasaba ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kureka hakaba isuzuma ryi mbitse ku matora aheruka kuba muri icyo gihugu.

You might also like

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko

Mu ntangiriro z’iki Cyumweru niho Urukiko rurengera itegeko nshinga muri RDC, basohoye itangazo rimenyesha ko perezida Félix Tshisekedi, kwa riwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu, ni nyuma y’uko CENI tariki ya 31/12/2023, yari yatangaje amajwi y’agateganyo ivuga ko Tshisekedi yegukanye intsinzi ku mwajwi 73, 47%.

Gusa abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa bakomeje gusaba ko amatora yasubirwamo bundi bushya, aho barimo bagaragaza ko batizera ibya vuye mu matora, aba bakandida barimo Martin Fayulu, Dr Denis Mukwege, Moïse Katumbi n’abandi, bashinja Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora kuba barakoresheje uburiganya no gukorera mu kwaha k’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bi baviramo guha intsinzi perezida Félix Tshisekedi, atigeze ahabwa n’abaturage ba RDC.

Ni kenshi Moïse Katumbi na bagenzi be barimo Martin Fayulu ndetse na Dr Denis Mukwege, bakomeje gutangaza ko Denis Kadima, uhagarariye Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora ahagarikwa kuri uwo mwanya ndetse agatabwa muriyombi.

Aha rero niho ibiro by’u mukuru w’igihugu ca Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bashize itangazo hanze risaba ubutegetsi bwa Kinshasa kureka hakaba isuzuma ryi mbitse ku matora aheruka kuba, kuya 20/12/2023 muri RDC.

Amerika yagize ati: “Leta ya Amerika irihanangiriza abategetsi ba Congo, kureka hakaba isuzuma ryi mbitse no kurebera hamwe icyaba kiri guhungabanya umutekano wa baturage ku byerekeye Amatora aheruka kuba muri icyo gihugu.”

Bakomeje bavuga bati: “Habazwe kohoba harabaye guhungabanya ubushake bwa baturage, igikenewe cyihutirwa ni ukumenya ubushake bwa baturage.”

Bibaye mugihe Urukiko rurengera itegeko nshinga muri RDC, rwaraye rushikirije perezida Félix Tshisekedi, ibarua imumenyesha ko ariwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu no kumusaba kurahirira uwo mwanya.

Bruce Bahanda.

Tags: AmatoraAmerikaIperereza ry'ImbitseRdc
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu Muri iyi minsi, mu Burundi hongeye kuvugwa amakuru n’ibihuha bivuga ko...

Read moreDetails

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0
Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye Perezida wa Kenya, , ari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Tanzania rwatangiye ku wa Mbere tariki...

Read moreDetails

Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko

by Bahanda Bruce
May 3, 2026
0
Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko

Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yashimangiye ko umubano w’u Rwanda na Tanzania ukomeje gushingira...

Read moreDetails

Ishimwe rya Perezida Ndayishimiye ku Mugore We Rikomeje Kugaragaza Isura Nshya ya Politiki y’u Burundi

by Bahanda Bruce
May 3, 2026
0
Ishimwe rya Perezida Ndayishimiye ku Mugore We Rikomeje Kugaragaza Isura Nshya ya Politiki y’u Burundi

Ishimwe rya Perezida Ndayishimiye ku Mugore We Rikomeje Kugaragaza Isura Nshya ya Politiki y’u Burundi Tariki ya 01/05/2026, ubwo u Burundi bwizihizaga Umunsi Mpuzamahanga w’Umurimo, Perezida w’iki gihugu,...

Read moreDetails

Le Président Kagame à Dar es-Salaam : une visite porteuse d’une nouvelle dynamique diplomatique régionale

by Bahanda Bruce
May 3, 2026
0
Le Président Kagame à Dar es-Salaam : une visite porteuse d’une nouvelle dynamique diplomatique régionale

Le Président Kagame à Dar es-Salaam : une visite porteuse d’une nouvelle dynamique diplomatique régionale Le Président de la République du Rwanda, Paul Kagame, est attendu pour une...

Read moreDetails
Next Post

Umusirikare mukuru w'Ingabo za RDC zirwanira k'u butaka yavuzwe Uvira kwa kira Ingabo z'u Burundi.

Comments 6

  1. Johnnydog says:
    2 years ago

    https://continent-telecom.com/virtual-number-uae

  2. Gregoryphock says:
    2 years ago

    https://european-sailing.com/yacht-charter-lanzarote

  3. novopet says:
    2 years ago

    Excuse for that I interfere … At me a similar situation. Write here or in PM.

  4. continent telecom says:
    2 years ago

    The authoritative answer, funny…

  5. virtual numbers says:
    2 years ago

    You are absolutely right. In it something is also to me it seems it is good thought. I agree with you.

  6. european sailing says:
    2 years ago

    The matchless phrase, is pleasant to me 🙂

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?