• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, June 21, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bwasabye iperereza ry’Imbitse ku matora aheruka kuba muri RDC.

minebwenews by minebwenews
January 12, 2024
in Regional Politics
6
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiro bya perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika birasaba ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kureka hakaba isuzuma ryi mbitse ku matora aheruka kuba muri icyo gihugu.

You might also like

Affrontements intenses dans la région de Minembwe : combats entre les FARDC, les forces burundaises et le MRDP-Twirwaneho, plusieurs pertes signalées

Bujumbura: Inkongi y’Umuriro Yibasiye Isoko, Ibibazo Bikomeza Kwiyongera i Burundi

Le Président Ndayishimiye Surprend en Déclarant qu’il Apprend Encore à Gouverner Après Plus d’un Mandat au Pouvoir

Mu ntangiriro z’iki Cyumweru niho Urukiko rurengera itegeko nshinga muri RDC, basohoye itangazo rimenyesha ko perezida Félix Tshisekedi, kwa riwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu, ni nyuma y’uko CENI tariki ya 31/12/2023, yari yatangaje amajwi y’agateganyo ivuga ko Tshisekedi yegukanye intsinzi ku mwajwi 73, 47%.

Gusa abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa bakomeje gusaba ko amatora yasubirwamo bundi bushya, aho barimo bagaragaza ko batizera ibya vuye mu matora, aba bakandida barimo Martin Fayulu, Dr Denis Mukwege, Moïse Katumbi n’abandi, bashinja Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora kuba barakoresheje uburiganya no gukorera mu kwaha k’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bi baviramo guha intsinzi perezida Félix Tshisekedi, atigeze ahabwa n’abaturage ba RDC.

Ni kenshi Moïse Katumbi na bagenzi be barimo Martin Fayulu ndetse na Dr Denis Mukwege, bakomeje gutangaza ko Denis Kadima, uhagarariye Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora ahagarikwa kuri uwo mwanya ndetse agatabwa muriyombi.

Aha rero niho ibiro by’u mukuru w’igihugu ca Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bashize itangazo hanze risaba ubutegetsi bwa Kinshasa kureka hakaba isuzuma ryi mbitse ku matora aheruka kuba, kuya 20/12/2023 muri RDC.

Amerika yagize ati: “Leta ya Amerika irihanangiriza abategetsi ba Congo, kureka hakaba isuzuma ryi mbitse no kurebera hamwe icyaba kiri guhungabanya umutekano wa baturage ku byerekeye Amatora aheruka kuba muri icyo gihugu.”

Bakomeje bavuga bati: “Habazwe kohoba harabaye guhungabanya ubushake bwa baturage, igikenewe cyihutirwa ni ukumenya ubushake bwa baturage.”

Bibaye mugihe Urukiko rurengera itegeko nshinga muri RDC, rwaraye rushikirije perezida Félix Tshisekedi, ibarua imumenyesha ko ariwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu no kumusaba kurahirira uwo mwanya.

Bruce Bahanda.

Tags: AmatoraAmerikaIperereza ry'ImbitseRdc
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Affrontements intenses dans la région de Minembwe : combats entre les FARDC, les forces burundaises et le MRDP-Twirwaneho, plusieurs pertes signalées

by Bahanda Bruce
June 21, 2026
0
Imirwano ikaze ikomeje gukaza umurego hagati ya FARDC, ingabo z’u Burundi na MRDP-Twirwaneho; hakavugwa imirambo myinshi y’ingabo z’u Burundi ndetse n’ibivugwa ko hari yajyanwe hamwe n’amabuye y’agaciro

Affrontements intenses dans la région de Minembwe : combats entre les FARDC, les forces burundaises et le MRDP-Twirwaneho, plusieurs pertes signalées Dans différentes zones de Minembwe et ses...

Read moreDetails

Bujumbura: Inkongi y’Umuriro Yibasiye Isoko, Ibibazo Bikomeza Kwiyongera i Burundi

by Bahanda Bruce
June 21, 2026
0
Bujumbura: Inkongi y’Umuriro Yibasiye Isoko, Ibibazo Bikomeza Kwiyongera i Burundi

Bujumbura: Inkongi y’Umuriro Yibasiye Isoko, Ibibazo Bikomeza Kwiyongera i Burundi Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu rishyira kuri iki Cyumweru, inkongi y’umuriro ikomeye yadutse mu isoko rihahirwamo...

Read moreDetails

Le Président Ndayishimiye Surprend en Déclarant qu’il Apprend Encore à Gouverner Après Plus d’un Mandat au Pouvoir

by Bahanda Bruce
June 21, 2026
0
Le Président Ndayishimiye Surprend en Déclarant qu’il Apprend Encore à Gouverner Après Plus d’un Mandat au Pouvoir

Le Président Ndayishimiye Surprend en Déclarant qu’il Apprend Encore à Gouverner Après Plus d’un Mandat au Pouvoir Le président du Burundi, Évariste Ndayishimiye, a tenu des propos qui...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yatunguranye Avuga ko Ariho Akimenya Kuyobora mu Gihe Ayoboye Manda Zirenze Imwe

by Bahanda Bruce
June 21, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yatunguranye Avuga ko Ariho Akimenya Kuyobora mu Gihe Ayoboye Manda Zirenze Imwe

Perezida Ndayishimiye Yatunguranye Avuga ko Ariho Akimenya Kuyobora mu Gihe Ayoboye Manda Zirenze Imwe Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yatangaje amagambo yakuruye impaka n’ibitekerezo bitandukanye mu banyapolitiki, abasesenguzi...

Read moreDetails

RDC : La CENCO s’oppose au projet de révision constitutionnelle du président Tshisekedi et met en garde contre de graves risques politiques

by Bahanda Bruce
June 20, 2026
0
RDC: CENCO Yitambitse Umugambi wa Perezida Tshisekedi wo Guhindura Itegeko Nshinga, Iburira ku Bibazo Bikomeye bya Politiki Bishobora Kuvuka

RDC : La CENCO s’oppose au projet de révision constitutionnelle du président Tshisekedi et met en garde contre de graves risques politiques Alors que la République démocratique du...

Read moreDetails
Next Post

Umusirikare mukuru w'Ingabo za RDC zirwanira k'u butaka yavuzwe Uvira kwa kira Ingabo z'u Burundi.

Comments 6

  1. Johnnydog says:
    2 years ago

    https://continent-telecom.com/virtual-number-uae

  2. Gregoryphock says:
    2 years ago

    https://european-sailing.com/yacht-charter-lanzarote

  3. novopet says:
    2 years ago

    Excuse for that I interfere … At me a similar situation. Write here or in PM.

  4. continent telecom says:
    2 years ago

    The authoritative answer, funny…

  5. virtual numbers says:
    2 years ago

    You are absolutely right. In it something is also to me it seems it is good thought. I agree with you.

  6. european sailing says:
    2 years ago

    The matchless phrase, is pleasant to me 🙂

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?