• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Moïse Katumbi, yagereranije i shyaka rya UDPS riri kubutegetsi kimwe na MPR ya Mobutu Sese Seko.

minebwenews by minebwenews
January 15, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Moïse Katumbi Chapwe, uri mu bakandida batemera ibya vuye mu matora aheruka kuba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yagereranije i shyaka riri ku butegetsi i Kinshasa, k’u murwa mukuru w’igihugu ca RDC, na MPR ya Mobutu Sese Seko.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Kugeze ubu Moïse Katumbi Chapwe, ntiyemera ibiheruka gutangazwa na Denis Kadima, uhagarariye Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura amatora (CENI), ibi abifatikanije n’abandi barimo Martin Fayulu, Dr Denis Mukwege n’abandi benshi.

Aha nini bavugako CENI yakoresheje uburiganya mu gutegura amatora, kuva muntangiriro zayo no kugeza ubwo yatangajwe.

Muriki Gitondo co kuri uyu wa Mbere, itariki ya 15/01/2024, Moïse Katumbi Chapwe, akoresheje urubuga rwe rwa X, yavuze atarya umunwa, ati: “UDPS, imikorere yayo ntaho itandukaniye niya MPR ya Mobutu. Bigana aba byeyi babo mu gukoresha uburiganya , imiyoborere mibi , gutera ubwoba, ubwicanyi n’ibindi.”

Katumbi, yakomeje avuga ati: “Mwabonye ko bashizeho Inteko Nshinga mategeko, igizwe n’a badepite 430 bo mw’Ishaka rimwe(UDPS), ibi nibyo MPR yakoraga. Nta kizabuza abaturage guhaguruka bagakuraho ubutegetsi bw’igitugu bwa Udps, bakurikije ingingo ya 64.”

Uy’u munyapolitike wigezeho kuba Guverineri w’i Ntara yahoze ari Katanga, yari aheruka gutangaza kandi ko ubutegetsi buvusha amaraso y’inzira karengane buzarimbuka.

Yagize ati: “Igisubizo cyanjye kubafite ibiganza by’uzuye amaraso y’inzira karengane buzarimbuka. Hari abafashe imbunda ngo barwanye igihugu bafite n’imifuka yabo yuzuye ifaranga bibye igihugu bakibwira ko kuririmba indirimbo y’igihugu ariko gukorera i Gihugu ariko sibyo. Abo nindyarya ni mpyisi ariko biyerekana muruhu rw’intama.”

Bruce Bahanda.

Tags: Moïse KatumbiMPR ya Mobutu Sese SekoUDPSYagereranije
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Muri RDC hakomeje kuvugwa uruntu runtu, ni nyuma y'uko CENI itangaje ibya vuye mu matora yo kw'itariki 20/12/2023.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?