Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yanenzwe n’abanditsi mubyo avuga nibyo akora.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 16, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibi biri mu busesenguzi twa kuye k’urubuga rwa Vive M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Uru rubuga rwa byanditse ru koresheje ururimi rw’igifaransa.Twagerageje ku bishira m’ururimi rw’ikinyamulenge.

Mu nyandiko ruriya rubuga, rwashize hanze kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15/01/2023, rwa nenze imivugire ya perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ndetse runenga n’imikorere ye.

Mubyo bashize hanze bagize bati: “Umwaka ushize, Perezida w’u Burundi yakomeje kunengwa cyane, n’abanyabwenge benshi, ku buryo bya mutereye kuvuga vuga ku ma radio cyane, ariko ibyo yavuga ugasanga nta kuri bifite.”

“Hari umugabo tudashatse kuvuga wanditse ku rukuta rwe rwa X anegura perezida Evariste Ndayishimiye kubyo avuga iwe asanga bihabanye n’ukuri kwibihari, yagize ati:”Njyewe Major Gen Evariste sinamwita habe na Caporal kuko hari ba Caporal ba murusha ubwenge, kuko hari video Evariste Ndayishimiye aheruka gutangaza avuga ko Abarundi ari abatunzi kurusha Abanyamerika.”

“Evariste Ndayishimiye yavuze ko imbuto imwe ya Avoka igura $5 naho kwishura inzu bigatwara $800 rero umurundi wese Ndayishimiye avugako ariwe mukire kuruta umunyamerika.”

“Hari ikibazo uyu mugabo yabajije perezida Evariste Ndayishimiye, ese abarundi baramutse baguhaye imbuto 100 za Avoka wabaheza imadorali 300?”

“Yongeye yibaza icyoba cyaratumye yohereza ingabo ze mu Burasirazuba bwa RDC, kuriwe abona kwari ukugira yibe amavoka ati niba aribyo wagerageje ukishura abasirikare bawe bapfira muri Kivu y’Amajyaruguru, bazira ifaranga wahawe na perezida Félix Tshisekedi.”

Ruriya rubuga rwasoje ruvuga ko perezida Evariste Ndayishimiye, w’u Burundi, yarenze no ku mabwiriza agenga ibihugu byo mukarere.

Ati: “Uyu mwaka ushize w’2023, perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yagiye ahonyora amategeko agenga umuryango w’Afrika y’iburasirazuba(EAC),anengwa kuba yarohereje ingabo ze rwihishwa ku rwanya M23, mugihe hari abandi basirikare be bari mubice M23 yahozemo, mu rwego rwo gushakira RDC amahoro. Yongeye kunengwa kandi gufata icyemezo cyo gufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi.”

Uyu mwanditsi ntiyahwemye no kwita Perezida Evariste Ndayishimiye umuhubutsi.

Yagize ati: “Evariste Ndayishimiye umwaka ushize yaranzwe n’ikintu cyo guhubuka mu mvugo ze no mubikorwa bye. Ibyo avuga nibyo akora bigaragaza abajyanama be ba bi. Baramwoshya bikamuterera gukoresha imvugo zidafiteye igihugu inyungu yewe sitanafite n’ibisobanuro.”

Yatanze urugero agira ati: “Evariste Ndayishimiye yashinje u Rwanda gufasha Red Tabara, ariko yirengaguza ko Red Tabara iba mu misozi ya Congo kandi yirengagiza ko leta y’u Rwanda itayobewe ko Igisirikare c’u Burundi gikorana n’Interahamwe zirimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda ahagana mu mwaka w’1994. Imvugo ze zibamo kwibesha gukomeye.”

Bruce Bahanda.

Tags: Evariste NdayishimiyeYanzwe n'abanditsi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

CENI yongeye kunengwa ndetse basabako ibyavuye mu matora biseswa byose.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?