Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23, yavuze ko haricyo igiye gukora nyuma yuko ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zishe abakomanda babo ba biri.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 17, 2024
in Regional Politics
0
M23, yavuze ko haricyo igiye gukora nyuma yuko ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zishe abakomanda babo ba biri.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 17/01/2024, umutwe wa M23 watangaje ko hari cyo ugiye gukora nyuma yuko watakaje abakomanda babo ba biri biciwe mu gitero ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa bari ba bagabyeho.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ibi biri mu itangazo M23 yashize hanze ririho umukono w’u muvugizi w’uyu mutwe mu bya politike, Lawrence Kanyuka.

N’itangazo rigira riti: “Ku wa Kabiri, tatiki ya 16/01/2024, ubutegetsi bwa Kinshasa bwongeye kurenga ku myanzuro yo guharika imirwano ubwo bagabaga ibitero ku barwanyi bacu ndetse bakaza kwica abakomanda bacu ba biri.”

Itangazo rikomeza rigira riti: “Ku bwiyo mpamvu, M23 yumvise ubwo butumwa yoherejwe n’u butegetsi bwa leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kandi yiteguye gusubiza nayo igendeye muri ubwo buryo.”

Nk’uko itangazo rigaragara ntiryavuze amazina ya basirikare ba M23 bakuru bishwe n’igitero bagabwe ho n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, ariko mu makuru yakomeje guca k’umbuga nkoranya mbaga avuga ko mu bapfuye harimo Colonel Castro Elise Mberabagabo wari ushinzwe ubutasi muri uwo mutwe.

Urupfu rwa ba basirikare ba M23 ruvuzwe mugihe igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo k’u munsi wejo hashize cyari cyatangaje operasiyo nshyasha aho bemeje ko bagiye kwinjira mu rugamba bafatanije n’ingabo za Sadc muguhasha umutwe wa M23.

Bruce Bahanda.

Tags: M23Nyuma y'uko ihuriro ry'Ingabo za RDC zishe abakomanda babo ba biriYavuze ko haricyo igiye gukora
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya FARDC cyatangaje ibinyuranyije n’ibyo RDF, yatangaje k’u musirikare wa RDC warasiwe k’u butaka bw’u Rwanda.

Igisirikare cya FARDC cyatangaje ibinyuranyije n'ibyo RDF, yatangaje k'u musirikare wa RDC warasiwe k'u butaka bw'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?