Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye uburyo Abakomanda ba biri ba M23 barashweho ibisasu baza kuhasiga ubuzima.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 18, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye uburyo Abakomanda ba biri ba M23 barashweho ibisasu baza kuhasiga ubuzima.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye uburyo Abakomanda ba biri ba M23 bapfuye mu gihe bari barashweho ibisasu by’ihuriro ry’imitwe ikorana n’igisirikare ca RDC k’u rwanya umutwe w’inyeshamba wa M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Nk’uko bya vuzwe ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa bagize igihe batera ibasasu ahatuwe n’abaturage benshi mu bice bya teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo.

Amakuru avuga ko n’ubwo RDC n’abambari babo FDLR, Wagner, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo, bakomeje gushotora umutwe wa M23 ariko uy’u mutwe wa M23 wo, wakomeje kubahiriza amasezerano yoguhagarika Intambara nk’uko byasobanuwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, mu itangazo yashize hanze tariki ya 17/01/2024.

Ahagana rero ku wa Kabiri, tariki ya 16/01/2024, ibitero by’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa bya komeje kuraswa ahatuwe n’abaturage mu nkengero za Santire ya Mushaki, mu bilometre 37 n’u Mujyi wa Goma, niho ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 bahisemo kohereza Abasirikare babo kuja guhumuriza abaturage bityo rero abagiye guhumuriza abaturage barimo Abakomanda ba biri ba M23 baza kuhasiga ubuzima.

Mu itangazo rigufi M23 yashize hanze ku wa Gatatu, ryariho umukono w’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, ntiyavuze amazina yabo bakomanda bahasize ubuzima. Ariko amakuru yanyuze ku mbuga nkoranya yavuga ko hapfuye Colonel Castro Elise Mberabagabo, wari ushinzwe ubutasi muri M23 n’uwitwa Bahati bivugwa ko yakomeretse.

Umwe mu barwanyi ba M23 yahamirije Minembwe Capital News ko Colonel Bahati yabanjye gukomereka aza kugwa mu bitaro byahafi aho.

Gusa umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, nyuma y’urupfu rwa ba basirikare, ba biri atashatse kuvuga amazina, yavuze ko ubutumwa ubutegetsi bwa Kinshasa ba bohereje ba bunye ko rero nabo bagiye kubasubiza mugihe atatangaje.

Ibi bya nashimangiwe na Major Willy Ngoma, umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, aho yagize ati: “Twa bubonye ubutumwa ubutegetsi bwa Kinshasa badutumyeho, rero natwe tugiye kubasubiza.”

Abakunzi ba M23 nyuma yari riya tangazo ribika abasirikare ba M23, bahise batangira guha Morale Ingabo za M23 umwe witwa Sugira Mireille, yaranditse agira ati: “Wa wili wakufe watatu wasonge walio baki watajenga inshi.”

Naho uwitwa Kevine Muhire, yagize ati: “Ubwo Ingabo za RPF Inkotanyi zari zimaze kubura Gen Gisa Rwigema, abenshi bibwiye ko birangiye ariko ntibya bujije ko RPF Inkotanyi ifata igihugu c’u Rwanda. Turizeye turanabizi ko M23 izafata, igakura abaturage mu kaga bagizemo igihe.”

Bruce Bahanda.

Tags: Abakomanda ba biri ba M23Uburyo barashwe barapfa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Abo mu Ishyaka rya MLC, rya minisitiri w’Ingabo Jean Pierre Bemba Gombo, ntibacana uwaka na CENI ishinzwe gutegura Amatora muri RDC.

Abo mu Ishyaka rya MLC, rya minisitiri w'Ingabo Jean Pierre Bemba Gombo, ntibacana uwaka na CENI ishinzwe gutegura Amatora muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?