Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imyigaragambyo karandura y’amagana irahira rya perezida Félix Tshisekedi, iracarimo ku vugwa ahantu habiri.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 20, 2024
in Regional Politics
0
Imyigaragambyo karandura y’amagana irahira rya perezida Félix Tshisekedi, iracarimo ku vugwa ahantu habiri.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haravugwa imyigaragambyo karandura ya magana irahara rya perezida Félix Tshisekedi.

You might also like

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

Kugeza ubu imyigaragambyo iracarimo ku vugwa ahantu habiri i Goma, k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru no mu Mujyi wa teritware ya Beni, ho muri Kivu y’Amajyaruguru.

Amakuru yizewe avuga ko urubyiruko ru gwiriyemo abahungu n’abakobwa ko aribo ba byukiye mu myigaragabyo aho bafunze imihanda mu bice biherereye muri Goma, ndetse batwikira n’amapini, hagati mu mihanda mu rwego rwo kwerekana ko batishimiye ibya vuye mu matora yo kw’itariki 20/12/2023.

K’u wa Kane, tariki ya 18/01/2024, n’ibwo abarimo Moïse Katumbi, Martin Fayulu, Floribert Anzuluni n’abandi, batemera ibya vuye mu matora, bashize itangazo hanze rihamagarira Abanyekongo bose kuzitabira kwa magana ibya vuye mu matora n’irahira rya perezida Félix Tshisekedi.

Mu itangazo bashize hanze ntiri ranga agace na kamwe kateguriwemo i myigaragabyo, gusa bavuze ko ahariho hose umunyekongo azaba aherereye akwiye kuzakora ibishoboka byose akamagana ubutegetsi bu bi bwa RDC.

Nyuma y’ itangazo rimenyesha ko hazaba imyigaragambyo, Minisitiri w’u mutekano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Peter Kazadi, yahise akora ikiganiro n’Abanyamakuru i Kinshasa, avuga ko imyigaragambyo itemerewe ko kandi uzagerageza kuyikora azahura “nakaga adashobora kuzikuramo.” Ibyo biri mu byatumye ingabo za FARDC muri Kinshasa zikubita ziruzura imihanda yose mu rwego rwo guharanira umutekano w’irahira rya perezida Félix Tshisekedi.

Guhera igihe c’isaha z’asaa tanu z’igitondo muri Stade ya Martyrs Abanyacyubahiro batandukanye n’abaturage ba RDC bari bamaze kugeramo ku bwinshi, aho bategereje kurahira kwa Perezida Félix Tshisekedi, muri manda ya Kabiri.

Bruce Bahanda.

Tags: Imyigaragambyo karanduraIracarimo kuvugwa ahantu habiriYamagana irahira rya perezida Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana ingabo mu duce igenzura. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryabeshyuje Leta y'i Kinshasa yatangaje ko iri huriro rigomba...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025, byashyize umukono ku mahame...

Read moreDetails

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025,...

Read moreDetails

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyingenzi wa menya ku biganiro birimo kubera i Doha hagati ya RDC na AFC/M23.

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23. Nyuma y'iminsi itari mike i Doha muri Qatar hari kubera ibiganiro by'imishyikirano hagati ya Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
Hatanzwe amabwiriza mashya agenga abaturiye ibice bigenzurwa na M23.

Hatanzwe amabwiriza mashya agenga abaturiye ibice bigenzurwa na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?