Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta y’u Burundi yihakanye ibiheruka gutangazwa na perezida Evariste Ndayishimiye, ubwo yari i Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 23, 2024
in Regional Politics
0
Leta y’u Burundi yihakanye ibiheruka gutangazwa na perezida Evariste Ndayishimiye, ubwo yari i Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 23/01/2024, leta y’u Burundi, yahakanye amagambo aherutse gutangazwa na Perezida w’icyo gihugu, Evariste Ndayishimiye, avuga ko yatangaje ko yiteguye gufasha urubyiruko rwo mu Rwanda gukuraho ubutegetsi bwa Kigali.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Nk’uko bigaragara itangazo leta ya Bujumbura, yashize hanze, ririho umukono w’umunyamabanga wa Guverinema y’u Burundi, Jerome Niyonzima, rinagaragaza ko rya ndikiwe i Gitega, k’u murwa mukuru wa politike w’igihugu c’u Burundi, mu gihe Bujumbura yo ari umurwa mukuru w’ubutunzi w’icyo gihugu.

Iri tangazo rigira riti: “Hari abakwirakwije ibitandukanye n’ibyo Perezida Evariste Ndayishimiye, yavuze, bo bishiriramo ibijanye n’ibyifuzo byabo.”

“Abakwirakwije ibyo binyoma bari bagamije guhisha ikibazo nyacyo kiri hagati y’u Rwanda n’u Burundi.”

Ir’itangazo rikomeza rivuga ko leta y’u Burundi yamaganye “Abakomeje gukwirakwiza ibitaribyo .”

Amagambo ya Perezida Evariste Ndayishimiye, yazanye impaka nayo aherutse gutangariza urubyiruko rw’Abanyekongo, ubwo yarafitanye n’abo ikiganiro kuri Hotel Fleuve Congo, iherereye i Kinshasa, mu gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Leta y’u Burundi, isohoye itangazo mu gihe Kigali yari yamaganye ibya tangajwe na Perezida Evariste Ndayishimiye, aho bamushinja kuba yaratangaje ko “Azafasha Abanyarwanda kuvanaho ubutegetsi yise ko ari bubi, ko kandi azafasha urubyiruko rw’Abanyarwanda kwibohora.”

Yagize ati: “Ndibaza ko n’urubyiruko rwo mu Rwanda, rutazakomeza kwemera kuba imfungwa mu karere bagomba kubohorwa bakavanaho ubuyobozi bu bi.”

Yakomeje agira ati: “Ni ngombwa ko dukomeza Urugamba kugeza aho Abanyarwanda nabo batangira kotsa igitutu abategetsi babo.”

Bruce Bahanda.

Tags: leta yu BurundiYihakanye ibiheruka gutangazwa na Evariste Ndayishimiye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23, bagenye Abayobozi bagenzura ibice bigenzurwa n’Ingabo z’uwo mutwe.

Ubuyobozi bw'u mutwe wa M23, bagenye Abayobozi bagenzura ibice bigenzurwa n'Ingabo z'uwo mutwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?