• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uvira habaye gusubiranamo hagati y’Abapfulero n’Ababembe, nyuma y’uko CENI itangaje abatsinze amatora y’abadepite.

minebwenews by minebwenews
January 25, 2024
in Regional Politics
0
Uvira habaye gusubiranamo hagati y’Abapfulero n’Ababembe, nyuma y’uko CENI itangaje abatsinze amatora y’abadepite.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Mujyi wa Uvira, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, haravugwa gusubiranamo hagati ya Bapfulero n’Ababembe, nyuma y’uko depite Bubasha David Tangani, atsinze amatora y’a badepite naho Gady Kapita Jean-Luc aratsindwa.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Isubiranamwo ry’Ababembe n’Abapfulero, rikomoka ku matora aheruka muri RDC y’abakandida k’u mwanya wa badepite, k’u rwego rw’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Bya vuzwe ko Gady Kapita, ukomoka mu bwoko bw’Abapfulero yatsinzwe amatora biza ku muviramo gushinja Bubasha David Tangani ukomoka mu bwoko bw’Ababembe, kuba yaribiwe amajwi ndetse amushinja kandi kuba yaramugambaniye kugira ngwa mutsindishe.

Silas Babungo, uherereye Uvira, ya bwiye Minembwe Capital News, ko aba, badepite bombi bava mu ishyaka riri k’ubutegetsi rya UDPS.

Silas, yakomeje avuga ati: “Ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 24/01/2024, habaye guhangana hagati ya bashigikiye Bubasha n’abashigikiye Gady. Ubu bya vuzwe ko Bubasha yahunze muri Uvira yahungiye mu bice byo muri teritware ya Fizi.”

Nyuma y’uko abo k’u ruhande rwa Gady Kapita Jean-Luc bahize imigambi mibi yo kwica depite Bubasha David Tangani, byatumye afata iy’ubungiro agana muri Fizi, nk’uko n’ubundi Abapfulero bari bamucyuriye kwa tavuka muri teritware yabo, ya Uvira.

Umwuka mubi hagati y’Abapfulero n’Ababembe wahise ututumba.

Silas Babungo, yavuze ko hari message Abapfulero bahawe iba burira ko ari babi.

Ati: “Hari umusaza w’u mu Bembe wavuze ko [Umupfulero ni mubi kurusha umunyarwanda], rero murimo ku bibona hagati ya Gady Kapita na Bubasha.”

Bruce Bahanda.

Tags: Abapfulero n'AbabembeGusubirwamoUvira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, yagize icyavuga ku itangazo ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, bashize hanze rivuga ku bwicanyi bwa korewe Abasivile.

Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, yagize icyavuga ku itangazo ihuriro ry'ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, bashize hanze rivuga ku bwicanyi bwa korewe Abasivile.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?