• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yatangaje ko leta ye, itazigera ishikirana na Kigali.

minebwenews by minebwenews
January 30, 2024
in Regional Politics
1
Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yatangaje ko leta ye, itazigera ishikirana na Kigali.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavuze ko Guverinoma y’igihugu cye itazongera gushikirana na leta ya Kigali.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Ni mu kiganiro Perezida Félix Tshisekedi, yahaye itangaza makuru i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya RDC, kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 30/01/2024.

Ibi yabivuze ubwo yari mu kiganiro cy’igena migambi y’u mwaka w’2024, n’ikiganiro cya nitabiriwe n’abahagarariye ibihugu byabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Tshisekedi yagize ati: “Nta biganiro bizabaho byacu n’u Rwanda, n’igihe cyose bafata igice cy’ubutaka bwacu. Nta bwo tuzemera ko habaho ubw’umvikane ubwo aribwo bwose bwa Kinshasa na Kigali.”

Ibi yongeye ku bishimangira agira ati: “Guverinoma yanjye yongeye gushimangira ibi tugomba kurinda ubusugire bw’igihugu bw’ubutaka bwacu, kabone niyo dufite abari kudutera, nti dushaka ubw’umvikane ku badutera.”

Tshisekedi yakunze cyane kunenga u Rwanda aho avuga ko rushigikira M23 irwanya leta ye, ibyo Kigali itemera n’umunsi n’umwe hubwo bagashinja ubutegetsi bwa Kinshasa kuba bakorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda mu 1994.

Bruce Bahanda.

Tags: KinshasaLeta yeTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Papa Francisco, wo muri Kiliziya Katolika, yavuze ko Abanyafrika bagomba kumva ibyo guha umugisha abahuza ibitsina ba bisangiye.

Papa Francisco, wo muri Kiliziya Katolika, yavuze ko Abanyafrika bagomba kumva ibyo guha umugisha abahuza ibitsina ba bisangiye.

Comments 1

  1. Mbarusha james says:
    2 years ago

    Urujakw’imbwa ruyizib’amatwi nakubwiriki!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?