• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Haravugwa imivurungano mu ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ahanini ku ntambara iri mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
February 2, 2024
in Regional Politics
0
Haravugwa imivurungano mu ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ahanini ku ntambara iri mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haravugwa imivurungano mu ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa aho bivugwa ko Abacanshuro banze kongera kwinjira mu rugamba guhangana na M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Bya vuzwe ko ahanini uko kutumvikana hagati ya leta ya Kinshasa n’Abacanshuro ngo byaba biva ku kuba Abacanshuro bamaze igihe cyamezi ane batabona umusharahara (Saraly) wabo, nk’uko iy’inkuru tuyikesha umwe wo mu ngabo za RDC utashatse ko izina rye rija hanze k’ubwumutekano.

Ay’amakuru akomeza avuga ko Abacanshuro (Wagner group) bamaze iminsi mike bigumuye kuri leta kandi bakaba baheruka kwinjira mu rugamba nyirizina mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo, ariko ko intambara y’ejo hashize tariki ya 01/02/2024, batigeze bayirwana.

Mu mwaka ushize w’2023, ubwo Moïse Katumbi yarimo kw’iyamamaza ku mwanya wa Perezida, hari inyandiko yashize hanze zavuga ko Abacanshuro bahembwa Amadorali y’Amerika angana na 400 mu gihe abasirikare ba FARDC bo bahembwa $ 80 gusa.

Katumbi, aha yavuze ko mu gihe we yotsinda Amatora y’u mukuru w’igihugu ko yokora ibishoboka byose Abasirikale ba Banyekongo akabaribo bahembwa ifaranga ninshi kuruta uko bita ku banyamahanga.

Ibi bivuzwe mugihe kandi hari amakuru avuga ko ingabo za Tanzania zo mu itsinda rya SADC ko k’umunsi w’ejo tariki ya 01/02/2024, banze kwinjira mu Ntambara nyuma y’uko k’u wa Kabiri tariki ya 30/01/2024, bari bahungiye mugace ka Kimoka gaherereye muri teritware ya Masisi, ahari ikigo cy’Ingabo z’u muryango w’Abibumbye (MONUSCO).

Ingabo za Tanzania zahunze nyuma y’uko bari bamaze gutsindwa urugamba bari bahanganyemo na M23, mu bice bya Karuba na Mushaki, nk’uko MCN iy’i nkuru twayihawe n’umwe mu barwanyi ba M23.

K’urundi ruhande ingabo z’u Burundi z’ibarizwa k’ubutaka bwa RDC zaje gufasha igisirikare cya leta ya Congo kurwanya M23, zikomeje kuvugwamo imfu k’u bwinshi ni mugihe k’u munsi w’ejo k’u wa Kane hongeye kuvugwa urupfu rw’umusirikare ukomeye ariwe Major Adrien Sindayihebura wapfanye n’Abasirikare be icyenda m’urugamba rwa basakiranije na M23 mu nkengero za Karuba, muri teritware ya Masisi.

Mu Cyumweru gishize n’ibwo kandi hari havuzwe ko abasirikare b’u Burundi ba barirwa muri 650 ko baguye mu mirwano, harimo abaguye mu nkengero za Mweso, Karuba n’abandi baguye muri Ambush ku Cyumweru mubice byo ku musozi wa Muremure.

Bruce Bahanda.

Tags: ImivurunganoIntambara ya M23Mu ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa RDCMu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Mu mirwano iramukiye hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC, M23,  irakomangira mu marembo  ya Nyanzare, muri teritware ya Rutsuru.

Mu mirwano iramukiye hagati ya M23 n'ihuriro ry'ingabo za RDC, M23, irakomangira mu marembo ya Nyanzare, muri teritware ya Rutsuru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?