• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bongeye kwambikana hagati y’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na M23, mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu.

minebwenews by minebwenews
February 4, 2024
in Regional Politics
0
Bongeye kwambikana hagati y’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na M23, mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwaro yongeye kuba uy’u munsi k’u Cyumweru, ihuje M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Ni Urugamba bivugwa ko rwabereye ku musozi wa Kabase, hafi na gasantire ka Kiluku, mu bice bihana imbibi n’i Ntara ya Kivu y’Amajyarugu na Kivu y’Amajyepfo, mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Mu makuru dukesha abari muri ibyo bice bavuze ko iyo mirwano yabaye mu gihe Wazalendo bashaka kwisubiza umusozi wa Kabase na i Shasha, bivugwa ko ari ngenzi mu buryo bw’urugamba nk’uko na M23 iheruka kubyemeza mu inyandiko baheruka gushira hanze.

MCN, yabwiwe ko iyo mirwano yaje kurangira Wazalendo bongeye kuyabangira ingata nk’uko bahora babikora.

Iyo mirwano yabaye mugihe imihanda yahuzaga ama teritware n’u Mujyi wa Goma bya maze gufungwa aho amakuru yibanze yemeza ko iyo mihanda yose igenzurwa na M23.

Umuhanda uhuza Rutsuru-Goma, Masisi-Goma ndetse n’u muhanda uhuza Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo bigenzurwa na M23.

Ibi byateje impagarara abaturage baturiye u Mujyi wa Goma, uzwi nk’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

N’ubwo biruko perezida Félix Tshisekedi akomeje kwinangira kuganira na M23, mu kiganiro aheruka guha itangaza makuru i Kinshasa, yavuze ko nta narimwe azigera aganira na m23.

Bruce Bahanda.

Tags: Bongeye kwambikanaIhuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa KinshasaM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Ubuyobozi bwa M23, berekanye abandi basirikare b’u Burundi bafatiwe k’urugamba, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ubuyobozi bwa M23, berekanye abandi basirikare b'u Burundi bafatiwe k'urugamba, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?