Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urubyiruko rw’Abanyekongo ruherereye muri teritwari ya Uvira, bamaganye Ingabo za SADC, banazisaba kubavira mu gihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 5, 2024
in Regional Politics
0
Urubyiruko rw’Abanyekongo ruherereye muri teritwari ya Uvira, bamaganye Ingabo za SADC, banazisaba kubavira mu gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’urubyiruko rw’Abanyekongo, baherereye mu Ruvunge, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bamaganye bivuye inyuma icyemezo cyafashwe n’ingabo za SADC cyo kudafasha igisirikare cya leta ya Congo ku rwanya M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

N’itangazo bashize hanze kuri uyu wo ku Cyumweru, itariki ya 04/02/2024, rikaba ryarateweho umukono na perezida w’urubyiruko rwo mu Ruvunge, bwana Mutingwa Alimas Richard.

Nk’uko ir’itangazo rivuga rigaragaza ko ingabo za SADC zahakaniye igisirikare cya FARDC na Wazalendo gufatikanya n’abo guhangana n’u mutwe wa M23, urwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Urwo rubyiruko ruvuga ko iki cyemezo SADC yagifashe ishingiye ko ingabo za FARDC zifatanya n’imitwe y’itwaje imbunda irimo na Wazalendo ndetse na FDLR.

Ir’itangazo rikavuga ko SADC yanzuye ko mugihe igisirikare cya leta ya Kinshasa izaja k’urugamba ifatanije na Wazalendo, FDLR n’indi mitwe muricyo gihe ko batazakorana n’uyu muryango wa SADC.

Urubyiruko rw’Abanyekongo mur’iryo tangazo bavuga ko SADC yasuzuguye amategeko agenga igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko kandi iz’i ngabo za SADC zirengangije amategeko yashizweho n’ibihugu bigize umuryango w’iterambere ry’Afrika y’Amajy’epfo (SADC), avuga ko ibyo bihugu bizafatanya mubya gisirikare kurwanya imitwe y’iterabwoba izaba yibasiye kimwe mu bihugu bigize uy’u muryango.

Itangazo rikomeza rivuga ko abanyekongo bagomba guhagurukira rimwe bakurikije ingingo ya 63,1 na 2, byo mu itegeko nshinga, y’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ivugako buri munyagihugu ko afite uburenganzira bwo kurwanira ubusugire bw’igihugu cye, mugihe cyagabweho ibitero biva hanze y’i Gihugu.

Ir’itangazo rikomeza gushimangira ko bo batakwihanganira icyemezo cy’Ingabo z’u muryango w’iterambere w’Afrika y’Amajy’epfo.

Maze basoza bavuga ko bamaganye ingabo za SADC, banasaba Guverinoma ya Kinshasa gusesa amasezerano yashizweho umukono n’ibihugu by’ibumbiye mu muryango wa SADC, yari agamije gukorera hamwe mu bya gisirikare.

Uru rubyiruko rukaba rwanasabye leta ya Kinshasa gusezerera ingabo za SADC zikava ku butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Mu byo basorejeho basabye abaturage baturiye Congo guhaguruka bagafasha Wazalendo na FARDC, kurwanya M23.

Itangazo ry’u rubyiruko rw’Abanyekongo bo muri teritware ya Uvira, barisohoye mugihe ingabo za SADC zari zimaze kunanirwa urugamba baje gufashamo FARDC n’abambari babo kurwanya M23.

Ninyuma y’intambara ikomeye yasize M23 y’irukanye ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa( SADC, ingabo z’u Burundi, FARDC, FDLR, Wagner na Wazalendo), ibirukana mu bice byinshi biherereye muri teritware ya Masisi, SADC nabo bafatanije bahungira mubice byo muri Kivu y’Amajy’epfo, aho ni k’u wa Gatanu, tariki ya 02/02/2024, n’ejo hashize.

Kugeza ubu haravugwa ko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, bakomeje guhunga basiga ibice byo muri Kivu y’Amajyaruguru bagahungira muzindi Ntara.

Bruce Bahanda.

Tags: Kubavira mu gihuguSADCUrubyiruko rw'Abanyekongo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Hahishuwe indi mipango mishya y’ingabo z’ubutegetsi bwa RDC , nimu gihe bongeye no gukaza ibitero mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Hahishuwe indi mipango mishya y'ingabo z'ubutegetsi bwa RDC , nimu gihe bongeye no gukaza ibitero mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?