Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Cyirl Ramaphosa, yasezeranije kohereza abandi basirikare benshi muri RDC nyuma y’uko M23 yigaruriye ibice byingenzi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 13, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Cyirl Ramaphosa, yasezeranije kohereza abandi basirikare benshi muri RDC nyuma y’uko M23 yigaruriye ibice byingenzi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Afrika y’Epfo, Cyirl Ramaphosa yasezeranije kohereza inzindi ngabo z’igihugu cye 3000, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ku rwanya M23.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni k’umunsi w’ejo hashize, tariki ya 12/02/2024, umukuru w’igihugu cya Afrika y’Epfo, yongeye gushimangira ko agiye gufasha igisirikare cy’igihugu cya RDC ku rwanya M23. Aba basirikare ya vuze ko n’ubundi bazoherezwa mu buryo bwa SADC, bakazasanga abandi bariyo ba barirwa muri magana abiri arenga.

Ibi akaba yarabivuze ubwo yari mukiganiro n’abanyamakuru bo mu gihugu cye nk’uko bya tangajwe na RFI.

Yagize ati: “Tugomba gufasha leta ya Congo kurwanya M23, kugeza itsinze urugamba. Igihugu cyanjye kigiye kohereza abandi basirikare 3000 bazafasha abariyo.”

Umukuru w’igihugu cya Afrika y’Epfo, afashe uyu mwanzuro mu gihe M23 k’u mugoroba w’ejo hashize, yigaruriye igice kinini cy’u Mujyi wa Sake, uri mu ntera y’ibirometre 27 n’u Mujyi wa Goma.

Inyandiko umuvugizi wa M23 yaraye ashize hanze mu ijoro ryakeye yavuze ko ingabo ze zitazakomeza kwihanganira ibibi bikorwa n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, yemeza ko M23 igiye gukora ibishoboka byose maze yirukane izo ngabo ivuga ko zibangamiye abasivile mu Burasirazuba bwa RDC.

Yagize ati: “Nta bwo tuza komeza kwihanganira ibibi bikorerwa abasivile, kandi bikozwe n’ihuriro ry’ingabo za RDC, SADC, FDLR, FARDC, ingabo z’u Burundi, Wazalendo na Wagner. Tugiye gukora ibishoboka byose izi nkozi zikibi tuzivane kuri ubu butaka.”

Imirwano ishamiranije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta, ku munsi w’ejo hashize yabereye mubice byinshi harimo iya bereye mu bice biri hafi na Goma, byo muri teritware ya Nyiragongo, indi ibera muri teritware ya Masisi, aho bivugwa ko Centre ya Sake, kugeza ubu M23 imaze gufata igice kinini cy’iyo Centre ikindi gice gifitwe n’ihuriro ry’Ingabo za RDC. Harandi makuru avuga ko Sake yamaze kwigarurirwa yose na M23 ariko sibyo nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu barwanyi ba M23.

Biravugwa ko Sake network yacitse bivuye kw’i tegeko rya leta umwabo wo gutinya ko itumanaho rifasha M23 gufata iyo centre ya Sake.

Ahandi biravugwa ko u Mujyi wa Goma wamaze kwinjira mu bwoba bwinshi ko ndetse imirwano yo kuri uyu wa Mbere, yasize M23 y’igaruriye uduce turimo Kanyabuki, Kanyamahoro, ibice biri mu nkengero z’u Mujyi wa Goma, mu birometre 12.

Bruce Bahanda.

Tags: 3000Afrika y'EpfoCyirl RamaphosaPerezidaRdcYasezeranije kohereza abandi basirikare
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Aka Nama gashinzwe umutekano kw’Isi, kasabye RDC kuganira na M23, bongera gushinja M23 gutunga ibikoresho bikaze bya gisirikare.

Aka Nama gashinzwe umutekano kw'Isi, kasabye RDC kuganira na M23, bongera gushinja M23 gutunga ibikoresho bikaze bya gisirikare.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?