• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, July 28, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Cyirl Ramaphosa, yasezeranije kohereza abandi basirikare benshi muri RDC nyuma y’uko M23 yigaruriye ibice byingenzi.

minebwenews by minebwenews
February 13, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Cyirl Ramaphosa, yasezeranije kohereza abandi basirikare benshi muri RDC nyuma y’uko M23 yigaruriye ibice byingenzi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Afrika y’Epfo, Cyirl Ramaphosa yasezeranije kohereza inzindi ngabo z’igihugu cye 3000, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ku rwanya M23.

You might also like

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Ni k’umunsi w’ejo hashize, tariki ya 12/02/2024, umukuru w’igihugu cya Afrika y’Epfo, yongeye gushimangira ko agiye gufasha igisirikare cy’igihugu cya RDC ku rwanya M23. Aba basirikare ya vuze ko n’ubundi bazoherezwa mu buryo bwa SADC, bakazasanga abandi bariyo ba barirwa muri magana abiri arenga.

Ibi akaba yarabivuze ubwo yari mukiganiro n’abanyamakuru bo mu gihugu cye nk’uko bya tangajwe na RFI.

Yagize ati: “Tugomba gufasha leta ya Congo kurwanya M23, kugeza itsinze urugamba. Igihugu cyanjye kigiye kohereza abandi basirikare 3000 bazafasha abariyo.”

Umukuru w’igihugu cya Afrika y’Epfo, afashe uyu mwanzuro mu gihe M23 k’u mugoroba w’ejo hashize, yigaruriye igice kinini cy’u Mujyi wa Sake, uri mu ntera y’ibirometre 27 n’u Mujyi wa Goma.

Inyandiko umuvugizi wa M23 yaraye ashize hanze mu ijoro ryakeye yavuze ko ingabo ze zitazakomeza kwihanganira ibibi bikorwa n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, yemeza ko M23 igiye gukora ibishoboka byose maze yirukane izo ngabo ivuga ko zibangamiye abasivile mu Burasirazuba bwa RDC.

Yagize ati: “Nta bwo tuza komeza kwihanganira ibibi bikorerwa abasivile, kandi bikozwe n’ihuriro ry’ingabo za RDC, SADC, FDLR, FARDC, ingabo z’u Burundi, Wazalendo na Wagner. Tugiye gukora ibishoboka byose izi nkozi zikibi tuzivane kuri ubu butaka.”

Imirwano ishamiranije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta, ku munsi w’ejo hashize yabereye mubice byinshi harimo iya bereye mu bice biri hafi na Goma, byo muri teritware ya Nyiragongo, indi ibera muri teritware ya Masisi, aho bivugwa ko Centre ya Sake, kugeza ubu M23 imaze gufata igice kinini cy’iyo Centre ikindi gice gifitwe n’ihuriro ry’Ingabo za RDC. Harandi makuru avuga ko Sake yamaze kwigarurirwa yose na M23 ariko sibyo nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu barwanyi ba M23.

Biravugwa ko Sake network yacitse bivuye kw’i tegeko rya leta umwabo wo gutinya ko itumanaho rifasha M23 gufata iyo centre ya Sake.

Ahandi biravugwa ko u Mujyi wa Goma wamaze kwinjira mu bwoba bwinshi ko ndetse imirwano yo kuri uyu wa Mbere, yasize M23 y’igaruriye uduce turimo Kanyabuki, Kanyamahoro, ibice biri mu nkengero z’u Mujyi wa Goma, mu birometre 12.

Bruce Bahanda.

Tags: 3000Afrika y'EpfoCyirl RamaphosaPerezidaRdcYasezeranije kohereza abandi basirikare
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Irushanwa ryo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya...

Read moreDetails

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mobutu Sese Seko ni umwe mu bategetsi...

Read moreDetails

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

RDC: Ubumwe bw'u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h'Igihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubumwe bw'u Burayi (European Union – EU)...

Read moreDetails

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits MINEMBWE CAPITAL NEWS...

Read moreDetails
Next Post
Aka Nama gashinzwe umutekano kw’Isi, kasabye RDC kuganira na M23, bongera gushinja M23 gutunga ibikoresho bikaze bya gisirikare.

Aka Nama gashinzwe umutekano kw'Isi, kasabye RDC kuganira na M23, bongera gushinja M23 gutunga ibikoresho bikaze bya gisirikare.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?