• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Cyirl Ramaphosa, yasezeranije kohereza abandi basirikare benshi muri RDC nyuma y’uko M23 yigaruriye ibice byingenzi.

minebwenews by minebwenews
February 13, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Cyirl Ramaphosa, yasezeranije kohereza abandi basirikare benshi muri RDC nyuma y’uko M23 yigaruriye ibice byingenzi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Afrika y’Epfo, Cyirl Ramaphosa yasezeranije kohereza inzindi ngabo z’igihugu cye 3000, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ku rwanya M23.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni k’umunsi w’ejo hashize, tariki ya 12/02/2024, umukuru w’igihugu cya Afrika y’Epfo, yongeye gushimangira ko agiye gufasha igisirikare cy’igihugu cya RDC ku rwanya M23. Aba basirikare ya vuze ko n’ubundi bazoherezwa mu buryo bwa SADC, bakazasanga abandi bariyo ba barirwa muri magana abiri arenga.

Ibi akaba yarabivuze ubwo yari mukiganiro n’abanyamakuru bo mu gihugu cye nk’uko bya tangajwe na RFI.

Yagize ati: “Tugomba gufasha leta ya Congo kurwanya M23, kugeza itsinze urugamba. Igihugu cyanjye kigiye kohereza abandi basirikare 3000 bazafasha abariyo.”

Umukuru w’igihugu cya Afrika y’Epfo, afashe uyu mwanzuro mu gihe M23 k’u mugoroba w’ejo hashize, yigaruriye igice kinini cy’u Mujyi wa Sake, uri mu ntera y’ibirometre 27 n’u Mujyi wa Goma.

Inyandiko umuvugizi wa M23 yaraye ashize hanze mu ijoro ryakeye yavuze ko ingabo ze zitazakomeza kwihanganira ibibi bikorwa n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, yemeza ko M23 igiye gukora ibishoboka byose maze yirukane izo ngabo ivuga ko zibangamiye abasivile mu Burasirazuba bwa RDC.

Yagize ati: “Nta bwo tuza komeza kwihanganira ibibi bikorerwa abasivile, kandi bikozwe n’ihuriro ry’ingabo za RDC, SADC, FDLR, FARDC, ingabo z’u Burundi, Wazalendo na Wagner. Tugiye gukora ibishoboka byose izi nkozi zikibi tuzivane kuri ubu butaka.”

Imirwano ishamiranije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta, ku munsi w’ejo hashize yabereye mubice byinshi harimo iya bereye mu bice biri hafi na Goma, byo muri teritware ya Nyiragongo, indi ibera muri teritware ya Masisi, aho bivugwa ko Centre ya Sake, kugeza ubu M23 imaze gufata igice kinini cy’iyo Centre ikindi gice gifitwe n’ihuriro ry’Ingabo za RDC. Harandi makuru avuga ko Sake yamaze kwigarurirwa yose na M23 ariko sibyo nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu barwanyi ba M23.

Biravugwa ko Sake network yacitse bivuye kw’i tegeko rya leta umwabo wo gutinya ko itumanaho rifasha M23 gufata iyo centre ya Sake.

Ahandi biravugwa ko u Mujyi wa Goma wamaze kwinjira mu bwoba bwinshi ko ndetse imirwano yo kuri uyu wa Mbere, yasize M23 y’igaruriye uduce turimo Kanyabuki, Kanyamahoro, ibice biri mu nkengero z’u Mujyi wa Goma, mu birometre 12.

Bruce Bahanda.

Tags: 3000Afrika y'EpfoCyirl RamaphosaPerezidaRdcYasezeranije kohereza abandi basirikare
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Aka Nama gashinzwe umutekano kw’Isi, kasabye RDC kuganira na M23, bongera gushinja M23 gutunga ibikoresho bikaze bya gisirikare.

Aka Nama gashinzwe umutekano kw'Isi, kasabye RDC kuganira na M23, bongera gushinja M23 gutunga ibikoresho bikaze bya gisirikare.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?