• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uruzinduko, umukuru w’igihugu cy’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yagiriye i Kinshasa, ibirurimo bimwe bya menyekanye.

minebwenews by minebwenews
February 14, 2024
in Regional Politics
0
Uruzinduko, umukuru w’igihugu cy’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yagiriye i Kinshasa, ibirurimo  bimwe bya menyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi yaraye ageze i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ahagana isaha z’umugoroba zokuri uy’u wa Kabiri, tariki ya 13/02/2024, n’ibwo perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yageze i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya RDC.

Bya navuzwe ko Evariste Ndayishimiye ko yakiriwe na mugenzi we Perezida Félix Tshisekedi, aho yagiye ku mutegera ku k’ibuga cy’indege cya Njili giherereye i Kinshasa.

U butumwa perezidansi y’u Burundi yanyujije kurukuta rwa X yavuze ko Ndayishimiye yakiriwe na Perezida Tshisekedi mu biro bye bya Cité de l’union Africaine.

Mu itangazo rya sohowe n’ibiro bya Evariste Ndayishimiye, rivuga ko umukuru w’igihugu cyabo, Evariste Ndayishimiye ko yerekeje muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku ganira na mugenzi we Tshisekedi kuberebana nishirwa mu bikorwa ry’amasezerano yo gushakira amahoro n’umutekano RDC n’akarere k’ibiyaga bigari, ayo bavuze ko yasinyiwe i Addis Ababa muri Ethiopa, mu mwaka w ‘2013.

Ubwo butumwa bukomeza buvuga ko ibihugu byasinye ayo masezerano ko harimo Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Afrika y’Epfo, Angola, u Rwanda, u Burundi, Repubulika ya Centre Afrique, Congo Brazzaville, Uganda, Sudan y’Epfo, Tanzania na Zambia.

Harimo kandi n’imiryango mpuzamahanga nka Afrika Yunze ubumwe, Afrika y’Amajy’epfo n’indi….

N’ubwo leta y’u Burundi bivugwa ko ishakira RDC amahoro, ariko icyo gihugu kiri mu bishinjwa guteza umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ninyuma y’uko cyohereje ingabo zabo k’u rwanya umutwe wa M23, mu ntambara FARDC ifatanije na FDLR bahanganyemo n’uwo mutwe.

Ingabo z’u Burundi kandi zishinjwa gufatikanya na FDLR irimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda, mu mwaka w ‘1994.

Intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC imaze gutuma abaturage ba barirwa muri za miliyoni bata izabo. Ni imirwano kandi bivugwa ko imaze gupfiramo abasirikare b’u Burundi batari bake harimo nabafatiwe k’urugamba.

Kugeza ubu impande zihanganye mu Burasirazuba bwa RDC imirwano yabo irakomeje kandi irimo gusatira u Mujyi wa Goma; mu makuru Minembwe Capital News imaze kwakira muri iki Gitondo avuga ko M23 igeze mu birometre 17 uturuka mu muhanda wa Sake-Goma.

Ibi n’inyuma y’uko M23 ifashe u Mujyi wa Sake uri mu birometre 27 n’u Mujyi wa Goma.

Bruce Bahanda.

Tags: BurundiBya menyekanyeEvariste NdayishimiyeKinshasaUruzinduko
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
I Masisi, haravugwa urugamba rukaze, naho ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ngo bazengurutswe n’ingabo za General Sultan Makenga!

I Masisi, haravugwa urugamba rukaze, naho ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Kinshasa, ngo bazengurutswe n'ingabo za General Sultan Makenga!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?