• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bomboli bomboli mu butasi, k’urwego rw’i gisirikare n’urwa gisivile, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
February 16, 2024
in Regional Politics
0
Bomboli bomboli mu butasi, k’urwego rw’i gisirikare n’urwa gisivile, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abakozi batatu mu rwego rw’u batasi, kuri Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, batawe muriyombi bazira gukorana n’u mutwe wa M23.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Ni k’uwa Gatatu, tariki ya 13/02/2024, bya vuzwe ko umuyobozi mukuru w’urwego rw’u butasi n’aba mwungirije babiri ko batawe muriyombi bafatiwe i Goma boherezwa i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo gufungwa.

Aba bayobozi batawe muriyombi, bivuye ku mabwiriza ya General Christian Ndaywel, umuyobozi w’u butasi k’urwego rwa Gisirikare (Demiap), i kintambo, ari naho abavanwe i Goma bo muri ANR bafungiwe.

Nk’uko ibitangaza makuru birimo kuvuga iy’i nkuru, bivuga ko Fabien Mbwebwe na bamwungirije ba biri umwe ushinzwe ibikorwa n’undi ushinzwe ubutasi, barashinjwa gukorana n’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, ni byatangajwe n’ikinyamakuru cya Scooprdc. Net.

Ariko iryo tabwa muriyombi rikaba rya garutsweho n’ibinyamakuru byinshi hano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo aho buvuga ko ibyo Fabien Mbwebwe ashinjwa ko byazanye umwuka mubi hagati y’inzego zombi, zubutasi, urwego rwa gisirikare n’urwa gisivile. Muri ANR, bavuga ko bashinja General Christian Ndaywel kutubaha no kudafatanya n’u buyobozi bukuru. Bavuga ko yari akwiye kubanza kuvugana na mugenzi we uyobora ANR, kandi ko ariwe wagombaga ku muhamagaza i Kinshasa akabanza kumva ibyabo mbere yo kubashikiriza ubutasi bwa Gisirikare.

ANR kandi bavuga ko umuyobozi wa yo yatunguwe n’ifatwa ry’u muyobozi wa ANR i Goma n’abamwungirije kuburyo havutse ukutavuga rumwe hagati muri iyi service y’ubutasi.

Umwaka ushize w’2023, urwego rw’u batasi bwa gisirikare kandi bwataye muriyombi Abayobozi ba ANR na DGM (Urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka) i Bukuvu boherezwa i Kinshasa. Ariko biravugwa ko abo muri DGM ko bamaze gusubira mukazi.

Bruce Bahanda.

Tags: Bomboli bomboliK'urwego rw'i gisirikare n'urwa gisivileMu butasiRepublika ya Demokarasi ya Congo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi wa RDC ngo y’aba arimo kwisuzuguza watangaje ko M23 itabaho, ni byavuzwe n’u muvugizi wa M23 mu bya politike Lawrence Kanyuka.

Umuvugizi wa RDC ngo y'aba arimo kwisuzuguza watangaje ko M23 itabaho, ni byavuzwe n'u muvugizi wa M23 mu bya politike Lawrence Kanyuka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?