Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Thabo Mbeki, wahoze ari perezida wa Afrika y’Epfo, ntiyumva icyo abasirikare b’igihugu cye bari gupfira muri RDC mu gihe M23 ibyo irwanira byumvikana.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 17, 2024
in Regional Politics
1
Thabo Mbeki, wahoze ari perezida wa Afrika y’Epfo, ntiyumva icyo abasirikare b’igihugu cye bari gupfira muri RDC mu gihe M23 ibyo irwanira byumvikana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gihugu cya Afrika y’Epfo, uwahoze ari perezida w’icyo gihugu Thabo Mbeki, ntiyumva impamvu ingabo z’i gihugu cye ziri gupfira muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

N’ibyo Thabo Mbeki yatangaje ku wa Gatanu, nyuma y’umunsi umwe igisirikare cya Afrika y’Epfo gitangaje ko ba biri mu ngabo zabo bo herejwe muri RDC bishwe n’igisasu cyatewe mu birindiro byabo, mu gihe batatu bo batangaje ko bakomeretse.

Akaba yarabitangaje ubwo yaganiraga na banyamakuru ba Television ya SABC.

Uyu wahoze avuga rikijana muri Afrika y’Epfo, Thabo Mbeki yagaye umwanzuro igihugu cye cyafashe hamwe n’uwumuryango wa Afrika y’Amajy’epfo (SADC), wo kohereza abasirikare mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC kuja kurwana n’u mutwe wa M23.

Thabo Mbeki yatangaje ko ibibazo by’u mutekano muke mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo biza kemurwa n’ibiganiro bya politike aho kuba igisubizo cya gisirikare.

Yagize ati: “Igisubizo cya kiriya kibazo mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC, ni icya politiki giterwa n’uko Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo igomba kwemera ko abaturage bose ba Congo ari abenegihugu. Ni inshingano z’ubutegetsi bwa RDC ku barinda bose.”

Thabo Mbeki kandi yavuze ko impamvu M23 irwanira zumvikana, bityo ko icya ngombwa ari ugushakira ibisubizo izo mpamvu.

Ati: “M23 uwaba ayiri inyuma wese ariko impamvu zayo ni ingenzi cyane kuko hari igice cy’abaturage ba Congo badafite kirengera guhera mu bihe bya kera kuri Mobutu wavuze ko Abanyamulenge atari abanyekongo ko ahubwo ari Abanyarwanda.”

Uyu muyobozi yashimangiye ko leta ya Kinshasa icyo igomba gushira imbere ari ukwirinda kuvangura abaturage bose bari k’u butaka bwayo, kuko imipaka ibihugu bya Afrika bifite yose nta ruhare Abanyafrika bagize mu kuyishiraho.

Yagize ati: “Imipaka yashizweho n’abakoloni, ibyo umuryango wa Afrika Yunze ubumwe wemeje guhera ushingwa ko imipaka iguma uko imeze bityo abisanze mu gice cya RDC bakaba abo aho bisanze, kandi bakarindwa na Guverinema ya Kinshasa.”

Nti bibaye ubwambere Thabo Mbeki agaragaza ko ikibazo cyo mu Burasirazuba bwa RDC cya kemuka byoroshye, mu gihe RDC yabishiramo ibiganiro aho gushira intambara imbere.

Gusa n’ubwo M23 irwana n’ingabo ninshi za mahanga harimo iza Afrika y’Epfo, Malawi, u Burundi n’iza Tanzania nti bibuza ko uwo mutwe ubarusha imbaraga, ndetse ukaba ukomeje ku birukana usatira gufata ibindi bice bikomeye byo mu Burasirazuba bwa RDC.

Bruce Bahanda.

Tags: Mu gihe M23 irwanira ukuriRdcThabo MbekiWahoze ari perezida
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
I Addis abeba, perezida João Lourenço, ya yoboye i Nama nto yiga ku mutekano muke w’u Burasirazuba bwa RDC.

I Addis abeba, perezida João Lourenço, ya yoboye i Nama nto yiga ku mutekano muke w'u Burasirazuba bwa RDC.

Comments 1

  1. Mbarwa Robert says:
    1 year ago

    Iherezo ryinzira niminzu M23, izatsinda kuko irarwanira ukuri kwabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?