• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, April 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Addis abeba, perezida João Lourenço, ya yoboye i Nama nto yiga ku mutekano muke w’u Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
February 17, 2024
in Regional Politics
0
I Addis abeba, perezida João Lourenço, ya yoboye i Nama nto yiga ku mutekano muke w’u Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

K’u munsi w’ejo hashize tariki ya 16/02/2024, i Addis abeba perezida João Lourenço yayoboye i Nama nto yiga ku mutekano muke w’u Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Uganda: Ubwato Bwarimo Abantu Benshi Bwakoze Impanuka, Harokoka Umuntu Umwe Gusa

Amagambo ya Gen. Muhoozi ku Muyobozi w’u Butaliyani Yateje Impaka ku Mbuga Nkoranyambaga

Rising Death Toll in Ethnic Clashes in Chad

Ibi byatangajwe na Tina Salama umuvugizi wa Perezida Félix Tshisekedi, aho yakoresheje urubuga rwe rwa X, avuga ko mu Nama iri buhurize abakuru bi bihugu mu gihugu cya Ethiopia ko hari buze kuba indi Nama irebera hamwe intambara ibera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Avuga ko João Lourenço nk’u muhuza washizweho n’umuryango wa Afrika Yunze ubumwe ku makimbirane y’u Rwanda na Congo, ko ariwe uri buze kuyobora iyo Nama.

Iyi Nama yitabiriwe na perezida Félix Tshisekedi, William Ruto wa Kenya, Cyril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo na perezida w’u Rwanda Paul Kagame, ikaba ya yobowe na perezida João Lourenço, umuhuza.

Mu nyandiko zagenewe abanyamakuru, zisobanura ko muriyo Nama n’ubundi ko hari bufatwe ingamba zo gutangiza inzira “y’amahoro” mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC, nyuma y’uko umuryango w’Afrika y’Amajy’epfo, SADC, wohereje abasirikare muri RDC gufasha igisirikare cy’ico gihugu.

Mbere y’uko ziriya ngabo zoherezwa mu Burasirazuba bwa RDC, hari hafashwe ingamba nyinshi z’u bubanyi n’amahanga ku rwego rw’a karere kugira ngo zigeragaze gukemura amakimbirane akomeje kuba hagati ya Kinshasa na Kigali, ishinjwa gutera inkunga M23. Ibi akaba ari yo nkomoko y’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC. Gusa ubutegetsi bw’u Rwanda bwagiye bunenga Congo Kinshasa, kwigiza nkana, kudakemure ikibazo ba herereye mu mizi, ahanini u Rwanda ruvuga ikibazo cy’Abakongomani bavuga ururimi rw’ikinyarwanda ko ba buzwa uburenganzira bwabo nk’abandi Banyekongo.

Iyo Nama nto yabaye mu gihe intambara irushijeho gufata indi ntera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hagati ya M23 n’ingabo za RDC, SADC, FDLR, abacancuro, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi.

Ahanini iyo mirwano ibera mu nkengero z’u Mujyi wa Goma, muri teritware ya Masisi na Nyiragongo ndetse no muri Rutsuru.

Usibye n’imirwano muri RDC, Abanyekongo bakomeje gukora imyigaragambyo hirya no hino y’amagana ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, izo bashinja gufatanya na M23, mu gihe uyu mutwe nawo ushinja MONUSCO guha intwaro FARDC, FDLR na SADC, zikica Abaturage.

Bruce Bahanda.

Tags: I Addis abebaI Nama ntoPerezida João LourençoYayoboye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uganda: Ubwato Bwarimo Abantu Benshi Bwakoze Impanuka, Harokoka Umuntu Umwe Gusa

by Bahanda Bruce
April 30, 2026
0
Uganda: Ubwato Bwarimo Abantu Benshi Bwakoze Impanuka, Harokoka Umuntu Umwe Gusa

Uganda: Ubwato Bwarimo Abantu Benshi Bwakoze Impanuka, Harokoka Umuntu Umwe Gusa Mu gihugu cya Uganda, humvikanye inkuru ibabaje y’impanuka ikomeye yabaye mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki...

Read moreDetails

Amagambo ya Gen. Muhoozi ku Muyobozi w’u Butaliyani Yateje Impaka ku Mbuga Nkoranyambaga

by Bahanda Bruce
April 27, 2026
0
Amagambo ya Gen. Muhoozi ku Muyobozi w’u Butaliyani Yateje Impaka ku Mbuga Nkoranyambaga

Amagambo ya Gen. Muhoozi ku Muyobozi w’u Butaliyani Yateje Impaka ku Mbuga Nkoranyambaga Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF Land Forces), Muhoozi Kainerugaba, yongeye guteza impaka ndende ku...

Read moreDetails

Rising Death Toll in Ethnic Clashes in Chad

by Bahanda Bruce
April 27, 2026
0
Rising Death Toll in Ethnic Clashes in Chad

Rising Death Toll in Ethnic Clashes in Chad In eastern Chad, particularly in Wadi Fira Province, serious ethnic clashes have once again erupted, claiming several lives and leaving...

Read moreDetails

Abaguye mu Mvururu z’Amoko muri Chad Bakomeje Kwiyongera

by Bahanda Bruce
April 27, 2026
0
Abaguye mu Mvururu z’Amoko muri Chad Bakomeje Kwiyongera

Abaguye mu Mvururu z’Amoko muri Chad Bakomeje Kwiyongera Mu burasirazuba bwa Chad, cyane cyane mu ntara ya Wadi Fira, hongeye kuvuka imvururu zikomeye zishingiye ku moko, zahitanye ubuzima...

Read moreDetails

Mali en Proie à de Graves Troubles : le ministre de la Défense Sadio Camara tué dans une attaque-suicide, la sécurité continue de se détériorer

by Bahanda Bruce
April 27, 2026
0
Mali en Proie à de Graves Troubles : le ministre de la Défense Sadio Camara tué dans une attaque-suicide, la sécurité continue de se détériorer

Mali en Proie à de Graves Troubles : le ministre de la Défense Sadio Camara tué dans une attaque-suicide, la sécurité continue de se détériorer Au Mali, la...

Read moreDetails
Next Post
FDLR n’ingabo z’u Burundi, n’indi mitwe y’Inyeshamba, bya tahuwe ko bagiye gutera u Rwanda banyuze ku butaka bw’u Burundi.

FDLR n'ingabo z'u Burundi, n'indi mitwe y'Inyeshamba, bya tahuwe ko bagiye gutera u Rwanda banyuze ku butaka bw'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?