• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi yahuye na Paul Kagame w’u Rwanda, imbona nkubone maze avuga akari ku mutima.

minebwenews by minebwenews
February 17, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi yahuye na Paul Kagame w’u Rwanda, imbona nkubone maze avuga akari ku mutima.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Nama nto yabereye i Addis abeba, perezida Félix Tshisekedi yongeye kugaragaza ko atazaganira n’u mutwe wa M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’ibyatangajwe n’u muvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo Patrick Muyaya.

Bwana Muyaya yavuze ko hakwiye kuvaho ibyo yise “ikinyoma, ikibi kika rwanywa, hakagaragara ukuri noneho hakavugwa ibijanye n’amahoro.”

Ibi, umuvugizi wa leta ya Kinshasa, akaba na minisitiri w’itumanaho yabivuze ashaka kunoza ijambo perezida Félix Tshisekedi yavugiye mu Nama ya bereye i Addis Ababa muri Ethiopia, aho perezida w’u Rwanda Paul Kagame yari mu biganiro imbona nkubone na Tshisekedi wari wararahiye ko atazongera ku mucya iryera. Ibi yabivuze ubwo yarimo yiyamaza mu matora aheruka kuba muri RDC.

Bikavugwa ko iyo Nama ya yobowe na perezida wa Angola João Lourenço, wanaje no gusezeranya ko hazaba ikindi cyicaro gihuza perezida w’u Rwanda n’uwa Congo.

Muri iyo Nama perezida Félix Tshisekedi yavuze ku bintu birenze bibiri, yavuze ko “intambara yo gutera Congo itacuriwe muri RDC. Avuga ko iyo ntambara igamije gusahura igihugu n’imitungo y’igihugu cye ngo ikazamura u Rwanda n’abarutera inkunga.”

Ikindi perezida Félix Tshisekedi yavuze ngo n’uko u Rwanda rushaka kwigira umurinzi w’u bwoko butuye mu kindi gihugu.

Ibi byasobanuwe na Patrick Muyaya wahezaga itangaza makuru inkuru ku byo perezida Félix Tshisekedi yavuzeho. Yasoje avuga ko Tshisekedi yongeye gushimangira ko “atazigera aganira na M23.”

Tu bibutseko ko muriyo Nama nto yitabiriwe na perezida Félix Tshisekedi, William Ruto wa Kenya, Cyril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo, Evariste Ndayishimiye, Paul Kagame w’u Rwanda na Perezida wa Angola wari unayoyoboye.

Uy’u munsi hakaba hakomeje kuba i Nama igira iya 37 ihuza abakuru bi bihugu byo mu muryango w’Afrika yunze ubumwe.

Bruce Bahanda.

Tags: Avuga akari ku mutimaI Addis Ababa EthiopiaImbona nkubonePaul Kagame w'u RwandaTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, ku ki buga cy’indege cya Goma, hatewe ibisasu bi biri.

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, ku ki buga cy'indege cya Goma, hatewe ibisasu bi biri.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?