• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, April 22, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, ku ki buga cy’indege cya Goma, hatewe ibisasu bi biri.

minebwenews by minebwenews
February 17, 2024
in Regional Politics
0
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, ku ki buga cy’indege cya Goma, hatewe ibisasu bi biri.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku ki buga cy’indege cya Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, haturikiye ibisasu bi biri, kugeza ubu batazi ubiri inyuma.

You might also like

Byinshi ku mabanga y’ubutasi bwa Amerika n’aho butandukaniye n’ubw’ibindi bihugu bikomeye

Colombia Yategetse Gucyura Abaturage Bayo Bari muri RDC

The United States Reacts to the Banyamulenge Protests in Washington

Ni amakuru avuga ko ibyo bisasu byatewe neza mu gace gaherereye ku k’ibuga cy’indege cya Goma. Byarashwe igihe c’isaha umunani z’urukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 17/02/2024.

Kugeza ubu nta muntu uremezwa cyangwa umutwe w’inyeshamba uwariwe wese bivugwa ko waba uri inyuma y’iryo terwa ry’i bi sasu.

Bi baye mugihe muri Ethiopia hari kubera i Nama yiga ku mutekano muke ukomeje kuzamba mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Iy’i Nama ibaye mugihe M23 iri mu mirwano ikaze, aho ihanganye n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zifatanije n’imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, Wazalendo, ndetse n’Ingabo za SADC n’izu Burundi, tudasize abacancuro baje bava muri Romania no mu Burusiya.

Kugeza ubu impande zihanganye zikomeje imirwano, ndetse n’uyumunsi ahitwa za mu Bambiro, mu birometre bike n’u Mujyi wa Sake, habaye ibyo bita Sharing ku ruhande rw’ingabo za RDC. Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, zakoze iyo sharing, berekeza mu birindiro bya M23.

Iy’i mirwano bivugwa ko ishobora kubyara ibindi u Mujyi wa Goma ukaba woja mu maboko y’ingabo za Gen Sultan Makenga.

Kuba hari ubwoba ko u Mujyi wa Goma wo fatwa na M23, n’uko uy’u Mujyi uza ku mwanya wa Gatatu mu mijyi ikomeye muri RDC, nyuma ya Kinshasa na Lubumbashi, Goma niwo Mujyi wa Gatatu ukomeye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, niwo centre ya mbere ry’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro nka zahabu, Coltan, Tin/etain n’ayandi ava mu birombe bikungahaye cyane byo muri teritware ya za Masisi, Walikale na Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Urugero, Rubaya, agace k’ingenzi cyane ku bucukuzi bwa Coltan ku rwego rw’isi ko muri teritware ya Masisi kari mu ntera y’ibirometre 50 n’u Mujyi wa Goma.

Ibi biri mubituma isi yose ihanga amaso u Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Kimwe ho perezida Félix Tshisekedi ubwo yarimo yiyamaza mu matora aheruka kuba muri RDC, yasezeranije abanyekongo ko nta muntu cyangwa umutwe w’inyeshamba uwari we wese uzambura ubutegetsi bwa Kinshasa u Mujyi wa Goma! Ariko kandi muri icyo gihe yari yanavuze ko nta kandi gace M23 izongera ku bambura. Nyuma y’ubwo ihuriro ry’Ingabo ze, zimaze kwa mburwa ibice byinshi harimo n’uko imihanda ihuza u Mujyi wa Goma naza teritware bigenzurwa n’u wo mutwe.

Bruce Bahanda.

Tags: Ibisasu bi biriK'u k'ibuga cy'indege cya GomaTin
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Byinshi ku mabanga y’ubutasi bwa Amerika n’aho butandukaniye n’ubw’ibindi bihugu bikomeye

by Bahanda Bruce
April 22, 2026
0
Byinshi ku mabanga y’ubutasi bwa Amerika n’aho butandukaniye n’ubw’ibindi bihugu bikomeye

Byinshi ku mabanga y’ubutasi bwa Amerika n’aho butandukaniye n’ubw’ibindi bihugu bikomeye Mu rwego rw’umutekano mpuzamahanga, ubutasi bwabaye imwe mu nkingi z’ingenzi zigena imbaraga z’ibihugu. Muri iki gihe isi...

Read moreDetails

Colombia Yategetse Gucyura Abaturage Bayo Bari muri RDC

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Colombia Yategetse Gucyura Abaturage Bayo Bari muri RDC

Colombia Yategetse Gucyura Abaturage Bayo Bari muri RDC Mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, haravugwa inkuru ikomeye ijyanye n’abimukira b’Abanya-Colombia bari ku butaka bw’iki...

Read moreDetails

The United States Reacts to the Banyamulenge Protests in Washington

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Les États-Unis réagissent aux manifestations des Banyamulenge à Washington

The United States Reacts to the Banyamulenge Protests in Washington A member of the United States Congress, , has expressed his views on the protest organized by the...

Read moreDetails

Les États-Unis réagissent aux manifestations des Banyamulenge à Washington

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Les États-Unis réagissent aux manifestations des Banyamulenge à Washington

Les États-Unis réagissent aux manifestations des Banyamulenge à Washington Un membre du Congrès des États-Unis, Joe Wilson, a exprimé son point de vue à propos de la manifestation...

Read moreDetails

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zagaragaje Icyo Zibona ku Myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zagaragaje Icyo Zibona ku Myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zagaragaje Icyo Zibona ku Myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington Mu gihe ikibazo cy’umutekano n’uburenganzira bwa muntu gikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails
Next Post
SADC, FARDC, FDLR, abacancuro, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi, bahunze amasigamana mu  mirwano yabasakiranije na M23 muri Mbuhi.

SADC, FARDC, FDLR, abacancuro, Wazalendo n'Ingabo z'u Burundi, bahunze amasigamana mu mirwano yabasakiranije na M23 muri Mbuhi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?