• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bazindukiye mu myigaragabyo yo kwa magana ibihugu byo mu Burayi na Amerika.

minebwenews by minebwenews
February 19, 2024
in Regional Politics
0
I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bazindukiye mu myigaragabyo yo kwa magana ibihugu byo mu Burayi na Amerika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abantu ibihumbi n’ibihumbi bazindukiye mu myigaragabyo yo kwa magana ibihugu by’u Buraya na Amerika, i Goma k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ni imyigaragambyo byiswe ko ari simusiga, yatangiye igihe c’isaha z’igitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 19/02/2024.

Abari muri yo myigaragabyo barimo kwa magana ibihugu byo mu Burayi na Amerika, kuba biri inyuma y’intambara n’u mutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC, ndetse barashinja u Bufaransa, Amerika n’u Bwongereza, gushigikira M23, nk’uko abateguye imyigaragambyo bakomeje ku bibwira itangaza makuru i Goma.

Ahanini imyigaragambyo yitabiriwe n’urubyiruko, abadamu, abagabo ndetse n’abo mu mutwe wa Wazalendo, bose biroshye mu mihanda y’u Mujyi wa Goma.

Birangwa Fidel, uherereye i Goma, yabwiye MCN ati: “Abari mu myigaragabyo bari gutwika ikintu cyose bahuye nacyo gifite inshusho isa n’ibendera ry’u Rwanda, batwitse kandi i bendera ry’u Bufaransa, Amerika n’u Bwongereza ndetse n’u Bubiligi.”

Iy’i myigaragabyo abarimo kuyikora bari kugarukira neza muri Quartier ya Mugunga bavuye mu Mujyi rwagati wa Goma.

Ati: “Kubera umutekano muke abari mu myigaragabyo nta bwo bari kurenga muri Quartier ya Mugunga. Bari gukora urugendo bavuye mu Mujyi wa Goma bakerekeza mu gunga, bafite n’u rusaku rwinshi.”

Urugendo bari kurukora bitwaje ibyapa bya nditse ho ko “Barambiwe n’intambara, ko kandi bamaganye igihugu cyose kiri nyuma ya M23.”

Iy’i myigaragabyo bayikoze mu gihe M23 imaze kwigarurira ibice byinshi byo muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo. Kuri ubu M23 iragenzura u Mujyi wa Sake na Kitshanga, i Mijyi izwiho ubutunzi kamere.

Icyumweru ki giye kurangira M23 ifunze i mihanda yose ihuza u Mujyi wa Goma na za teritware, nk’u muhanda uhuza Goma na Sake uragenzurwa n’ingabo za M23, Lubero na Rutsuru ndetse na Minova.

Bivugwa ko abari i Goma basigaranye inzira ya mazi n’iyi kirere kugira bagere mu bindi bya Congo.

Bruce Bahanda.

Tags: BazindukiyeGomaImyigaragambyoKwa magana ibihugu by'u Buraya na AmerikaM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi wa M23, ubwo bari mu muganda, yasabye abantu kwirinda ibihuha bitangazwa n’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

Umuvugizi wa M23, ubwo bari mu muganda, yasabye abantu kwirinda ibihuha bitangazwa n'ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?