• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuryango w’Afrika yunze ubumwe, wagize icyo uvuga ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC, unasaba ibihugu by’u Burayi n’Amerika kutivanga.

minebwenews by minebwenews
February 22, 2024
in Regional Politics
0
Umuryango w’Afrika yunze ubumwe, wagize icyo uvuga ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC, unasaba ibihugu by’u Burayi n’Amerika kutivanga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango w’Afrika yunze ubumwe wasabye Repubulika ya demokarasi ya Congo kuganira n’u Rwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni bikubiye mu itangazo Perezida wa komisiyo y’umuryango w’Afrika yunze ubumwe, Moussa Faki Mahamat, yashize hanze ku itariki ya 21/02/2024.

Iri tangazo rigira riti: “Moussa Faki nfite impungenge cyane n’imvururu zikomeje kwiyongera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ngasaba ko ibyo byohagarara, ntayandi mananiza.”

Itangazo rikomeza rivuga ko uy’u muyobozi w’Afrika yunze ubumwe, “ahamagarira abayobozi bo mu karere, by’u mwihariko aba Repubulika ya demokarasi ya Congo n’abu Rwanda gushigikira ibiganiro bya tangijwe mu nzira zo k’urwego rw’Afrika ziyobowe na Perezida João Lorenzo na Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya, zigamije ubufatanye bwo gushakira umuti wa makimbirane agize igihe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Uyu muyobozi mukuru uvuga rikijana mu muryango w’Afrika yunze ubumwe, yakomeje avuga ko ubusugire nituze by’ibihugu byose byo mu karere bigomba kubahirizwa mu nyungu zabaturiye ibyo bihugu.

Iri tangazo risoza rivuga riti: “Perezida wa komisiyo y’umuryango w’Afrika yunze ubumwe, aributsa ko nta muti wa gisirikare uzakemura ibibazo no gutatanya umuryango nyafrika.”

Perezida wa komisiyo y’umuryango w’Afrika yunze ubumwe yanasabye ibihugu by’ibihangange by’amahanga kwirinda kwivanga mu bibazo bya politike by’imbere mu bihugu by’Afrika, by’umwihariko ibyo mu karere k’i biyaga bigari.

              MCN.
Tags: Umuryango w'Afrika yunze ubumweUnasaba ibihugu by'u Buraya na Amerika kutivangaWagize icyarivugaho k'u mutekano w'u Burasirazuba bwa RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ubutegetsi bwa RDC , bwa gumukanye umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi ku masezerano baheruka kugirana n’u Rwanda.

Ubutegetsi bwa RDC , bwa gumukanye umuryango w'u bumwe bw'ibihugu by'u Burayi ku masezerano baheruka kugirana n'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?