Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuryango w’Afrika yunze ubumwe, wagize icyo uvuga ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC, unasaba ibihugu by’u Burayi n’Amerika kutivanga.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 22, 2024
in Regional Politics
0
Umuryango w’Afrika yunze ubumwe, wagize icyo uvuga ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC, unasaba ibihugu by’u Burayi n’Amerika kutivanga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango w’Afrika yunze ubumwe wasabye Repubulika ya demokarasi ya Congo kuganira n’u Rwanda.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ni bikubiye mu itangazo Perezida wa komisiyo y’umuryango w’Afrika yunze ubumwe, Moussa Faki Mahamat, yashize hanze ku itariki ya 21/02/2024.

Iri tangazo rigira riti: “Moussa Faki nfite impungenge cyane n’imvururu zikomeje kwiyongera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ngasaba ko ibyo byohagarara, ntayandi mananiza.”

Itangazo rikomeza rivuga ko uy’u muyobozi w’Afrika yunze ubumwe, “ahamagarira abayobozi bo mu karere, by’u mwihariko aba Repubulika ya demokarasi ya Congo n’abu Rwanda gushigikira ibiganiro bya tangijwe mu nzira zo k’urwego rw’Afrika ziyobowe na Perezida João Lorenzo na Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya, zigamije ubufatanye bwo gushakira umuti wa makimbirane agize igihe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Uyu muyobozi mukuru uvuga rikijana mu muryango w’Afrika yunze ubumwe, yakomeje avuga ko ubusugire nituze by’ibihugu byose byo mu karere bigomba kubahirizwa mu nyungu zabaturiye ibyo bihugu.

Iri tangazo risoza rivuga riti: “Perezida wa komisiyo y’umuryango w’Afrika yunze ubumwe, aributsa ko nta muti wa gisirikare uzakemura ibibazo no gutatanya umuryango nyafrika.”

Perezida wa komisiyo y’umuryango w’Afrika yunze ubumwe yanasabye ibihugu by’ibihangange by’amahanga kwirinda kwivanga mu bibazo bya politike by’imbere mu bihugu by’Afrika, by’umwihariko ibyo mu karere k’i biyaga bigari.

              MCN.
Tags: Umuryango w'Afrika yunze ubumweUnasaba ibihugu by'u Buraya na Amerika kutivangaWagize icyarivugaho k'u mutekano w'u Burasirazuba bwa RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Ubutegetsi bwa RDC , bwa gumukanye umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi ku masezerano baheruka kugirana n’u Rwanda.

Ubutegetsi bwa RDC , bwa gumukanye umuryango w'u bumwe bw'ibihugu by'u Burayi ku masezerano baheruka kugirana n'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?