Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta y’u Burundi yongeye gufunga abasirikare babo ba barirwa mu magana, bazira kwanga kurwanya M23.

minebwenews by minebwenews
February 24, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta y’u Burundi yafunze abasirikare bayo ba barirwa muri magana abiri arenga, bazira kwa nga kwinjira mu ntambara yo kurwanya M23, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni bimaze iminsi irenga ibiri iki kibazo cyo gufunga abasirikare b’u Burundi cyo ngeye ku vugwa, nk’uko ibinyamakuru byo muri icyo gihugu bivuga.

Urubuga rwa Pacifique Nininahazwe, ukunze gutabariza abarundi bari mu kaga, aheruka gutangaza ko abasirikare b’u Burundi barenga magana abiri (200) ko bafungiwe muri gereza zitandukanya zo mu gihugu cy’u Burundi. Zimwe muri gereza yabashe kuvuga harimo gereza nkuru ya Ngozi, Rumonge, mu Ruyigi n’i Bururi.

Yavuze ko bamwe muri abo basirikare, bafungiwe i Bururi na Rumonge ko ndetse baheruka kwitaba urukiko rwa gisirikare m’urwego rwo kugira ngo urwo rukiko rumenye niba bakomeza gufungwa cyangwa bakagirwa abere.

Akomeza kuvuga ko kugeza ubu atarabashaka kumenya icyemezo cy’u rukiko, ariko ko abo basirikare bagifunzwe.

Leta y’u Burundi yatangiye kohereza abasirikare b’igihugu cyabo mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cyenda, umwaka ushize w’2023, kuja gufasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya M23.

Bivugwa ko mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC ko habarizwa Batayo icyenda z’icyo gihugu Cy’u Burundi, gusa hari bamwe muri abo basirikare b’u Burundi ba barizwa mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ahanini mu misozi miremire y’Imulenge, ku Ndondo ya Bijombo, Minembwe na Rurambo.

Ni inshuro zirenga imwe ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 berekanye abasirikare b’u Burundi bafatiwe k’urugamba ibyo bita gufata “matekwa cyangwa mpiri,” ndetse bikemezwa n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka ko muri uru rugamba hamaze gupfiramo abasirikare b’u Burundi benshi. Harandi makuru avuga ko u Burundi bumaze gutakariza abasirikare ba bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ba barirwa mu gihumbi n’amagana abiri.

Ibyo biri mu mpamvu bamwe mu basirikare b’u Burundi banga kuja m’urugamba leta yabo yemeye gufasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya M23, bityo abanze kuja kurwana bagafungwa.

Ibi bibaye ku nshuro ya gatatu hatangazwa ko ingabo z’u Burundi zinjijwe amagereza bazira kwanga ko herezwa muri Kivu y’Amajyaruguru.

           MCN.
Tags: Burundi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, yaburiye ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Tshilombo ko abo abereye umuvugizi ko bari maso.

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, yaburiye ihuriro ry'ingabo z'ubutegetsi bwa Tshilombo ko abo abereye umuvugizi ko bari maso.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?