• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 16, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, yaburiye ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Tshilombo ko abo abereye umuvugizi ko bari maso.

minebwenews by minebwenews
February 25, 2024
in Regional Politics
0
Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, yaburiye ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Tshilombo ko abo abereye umuvugizi ko bari maso.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col. Willy Ngoma yavuze ko ingabo za M23 ziri maso ko kandi ziteguye kurinda abaturage no kurasa batabebera ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Tshilombo.

Ni byo Lt Col. Willy Ngoma yatangaje k’u mugoroba wo k’uwa Gatandatu, tariki ya 24/02/2024.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Ibi, Willy Ngoma yabitangaje akoresheje urubuga rwe rwa X, avuga ko ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, n’abo bafatanije kurwanya umutwe wa M23 ko bakoresheje imbaraga z’u murengera mukurasa ibisasu biremereye mu baturage baturiye Sake, no mu nkengero zaho.

Ahanini biriya bisasu byarimo bigwa mu gace kazwi kw’izina rya Kasengesi no muri centre ya Sake.

Maze Lt Col. Willy Ngoma avuga atarya umunwa ko ingabo abereye umuvugizi mu bya gisirikare, ko ziri maso kugira ngo zirwanye ingabo yise ko ari “izu muijima.”

Yagize ati: “Ihuriro rigizwe n’abasirikare b’u muijima bateye ibibombe mu birindiro byacyu no mu bice bituyemo abaturage benshi, muri centre ya Sake, no mu nkengero zaho.”

Willy Ngoma yakomeje agira ati: “Intare zisarambwe bahora ari maso, nk’uko bisanzwe tuzirwanaho, kandi turinde n’abaturage bacu. K’urugamba, intare zisarambwe zirutsinda ijana ku ijana, kandi morali niyacu, turanayihorana.”

Ibi yabivuze mugihe mugenzi we Lawrence Kanyuka, uvugira uwo mutwe mu bya politike, yari amaze gutangaza ko ingabo za AFC/M23 zigiye kumaraho ingabo zo mu ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Ati: “Nta yandi mahitamo dusigaranye usibye gufata mpiri imbunda zirasa mu baturage, no kumaraho ubushobozi bw’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.”

Ni nyuma y’uko FARDC, FDLR, abacancuro, Wazalendo, ingabo z’u Burundi na SADC, bari bamaze gutera ibisasu mu baturage baturiye i Sake, muri Grupema ya Kamuronza, teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Gusa imirwano isa niyongeye ku gabanya umurego, nyuma y’uko mu Cyumweru gishize, umutwe wa M23 wafashe ibice byingenzi byo muri teritware ya Masisi na Nyiragongo, harimo ko yafunze imihanda ihuza u Mujyi wa Goma na za teritware zigize i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ndetse uwo mutwe ukaba unagenzura u muhanda uhuza Kivu y’Amajy’epfo na Goma.

        MCN.
Tags: MasoUmuvugiziWilly NgomaYaburiye Ihuriro ry'ingabo z'ubutegetsi bwa Tshilombo

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zibukije igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ko nta bufasha bagiha igisirikare cy’u Rwanda (RDF).

Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, zibukije igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ko nta bufasha bagiha igisirikare cy'u Rwanda (RDF).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Uvira: Urusaku rw’Amasasu rwateje Ubwoba mu Baturage — Ese Ifungwa rya Fyeka Adui ni ryo Rikomeje Guhungabanya Umutekano?
  • RDC: Manda ya Gatatu ya Tshisekedi: Ibyo Perezida Yavuze n’Impaka Byateje mu Gihugu
  • Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?