• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zibukije igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ko nta bufasha bagiha igisirikare cy’u Rwanda (RDF).

minebwenews by minebwenews
February 25, 2024
in Regional Politics
0
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zibukije igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ko nta bufasha bagiha igisirikare cy’u Rwanda (RDF).
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa leta Zunze Ubumwe z’Amerika zahamije ko zimaze igihe zarahagaritse ubufasha ziha igisirikare cy’u Rwanda (RDF).

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni byavuzwe na Ambasaderi wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ubwo yari i Gomo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, tariki ya 23/02/2024

Ibi yabivuze ubwo yari afitanye ikiganiro na Major Gen Peter Cirimwami Nkuba, Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Uyu ambasaderi Lacky Tamlyn yavuze ko nta bufasha ubwo ari bwo bwose Amerika igiha igisirikare cy’u Rwanda, avuga ko ibyo byahagaritswe mu minsi ishize ko kandi hagize igihe.

Ati: “Twa hagaritse ubufasha bwa gisirikare ku Rwanda. Leta Zunze Ubumwe z’Amerika nta bufasha igiha igisirikare cy’u Rwanda, nti tukibaha imbunda cyangwa igikoresho icyaricyo cyose.”

Amakuru avuga ko ahagana mu kwezi kwa Cyenda umwaka ushize, kwaribwo Amerika yagabanije ubufasha yahaga igisirikare cy’u Rwanda. Ibi byabaye nyuma y’uko igisirikare cy’u Rwanda cyashizwe kurutonde ruzwi nka CSPA, bivuze abakoresha abantu bakiri bato mugisirikare.

Iki gihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika cya shize u Rwanda kuri urwo rutonde ruruhora M23.

K’urundi ruhande igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo bafite impungenge z’uko M23 yafata u Mujyi wa Goma, bityo biri mubyatunye Maj Gen Peter Cirimwami Nkuba aja kuganiriza ambasaderi Lacky Tamlyn wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

                MCN.
Tags: Ambasaderi wa leta Z'unze Ubumwe z'AmerikaIgisirikare cya RDCNta bufasha baha igisirikare cy'u RwandaRDF
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Abarwana kuruhande rwa Kinshasa barimo Ingabo z’u Burundi, bambuwe kandi ibikoresho by’agisirikare byinshi.

Abarwana kuruhande rwa Kinshasa barimo Ingabo z'u Burundi, bambuwe kandi ibikoresho by'agisirikare byinshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?