• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 17, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zibukije igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ko nta bufasha bagiha igisirikare cy’u Rwanda (RDF).

minebwenews by minebwenews
February 25, 2024
in Regional Politics
0
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zibukije igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ko nta bufasha bagiha igisirikare cy’u Rwanda (RDF).
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa leta Zunze Ubumwe z’Amerika zahamije ko zimaze igihe zarahagaritse ubufasha ziha igisirikare cy’u Rwanda (RDF).

Ni byavuzwe na Ambasaderi wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ubwo yari i Gomo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, tariki ya 23/02/2024

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Ibi yabivuze ubwo yari afitanye ikiganiro na Major Gen Peter Cirimwami Nkuba, Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Uyu ambasaderi Lacky Tamlyn yavuze ko nta bufasha ubwo ari bwo bwose Amerika igiha igisirikare cy’u Rwanda, avuga ko ibyo byahagaritswe mu minsi ishize ko kandi hagize igihe.

Ati: “Twa hagaritse ubufasha bwa gisirikare ku Rwanda. Leta Zunze Ubumwe z’Amerika nta bufasha igiha igisirikare cy’u Rwanda, nti tukibaha imbunda cyangwa igikoresho icyaricyo cyose.”

Amakuru avuga ko ahagana mu kwezi kwa Cyenda umwaka ushize, kwaribwo Amerika yagabanije ubufasha yahaga igisirikare cy’u Rwanda. Ibi byabaye nyuma y’uko igisirikare cy’u Rwanda cyashizwe kurutonde ruzwi nka CSPA, bivuze abakoresha abantu bakiri bato mugisirikare.

Iki gihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika cya shize u Rwanda kuri urwo rutonde ruruhora M23.

K’urundi ruhande igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo bafite impungenge z’uko M23 yafata u Mujyi wa Goma, bityo biri mubyatunye Maj Gen Peter Cirimwami Nkuba aja kuganiriza ambasaderi Lacky Tamlyn wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

                MCN.
Tags: Ambasaderi wa leta Z'unze Ubumwe z'AmerikaIgisirikare cya RDCNta bufasha baha igisirikare cy'u RwandaRDF

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Abarwana kuruhande rwa Kinshasa barimo Ingabo z’u Burundi, bambuwe kandi ibikoresho by’agisirikare byinshi.

Abarwana kuruhande rwa Kinshasa barimo Ingabo z'u Burundi, bambuwe kandi ibikoresho by'agisirikare byinshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Martin Fayulu Yashyize Hanze Ibyamubayeho mu Myigaragambyo ya C64; Anagaragaza Ibyo Yasabye Abapolisi
  • RDC : L’Assemblée nationale rejette la participation de l’AFC/M23 au dialogue national et fixe une ligne rouge
  • Inteko Ishinga Amategeko ya RDC yanze uruhare rwa AFC/M23 mu biganiro by’Abanyekongo, ishyiraho umurong
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?