• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Umushumba mukuru w’idini Katolika ku Isi, papa Francis, yagize icyavuga ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
February 26, 2024
in Religion
0
Umushumba mukuru w’idini Katolika ku Isi, papa Francis, yagize icyavuga ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umushumba mukuru w’idini Katolika ku Isi papa Francis yasabye abasenyeri bose gusengera intambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo kugira ngo ihagarare.

You might also like

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ni byo uyu mushumba mukuru w’idini Katolika ku Isi papa Francis, yasabye ubwo yari mu isengesho ryo ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 25/02/2024, ubwo yari i Roma, mu Bataliyani, nk’uko ya bishize no k’urubuga rwe rwa X, rwa hoze rwitwa Twitter.

Uy’u mushumba uvuga rikijana ku migabane yose ituye munsi y’ijuru, ya navuze ko hogomba gushakwa uburyo bwose kugira ngo habeho ibiganiro hagati y’impande zihanganye mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yagize ati: “Mfite impungenge ku ntambara ikomeje kwiyongera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. Kuri ubwo ndasaba ko abasenyeri basengera amahoro bizeye ko iyo ntambara irangira, kandi harebwe uburyo bufasha ko abahanganye baganira, ibyo bizamara amakimbirane yizo ntambara.”

Intambara ishamiranije M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo imaze imyaka irenga ibiri izo mpande zombi zirwanira muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo. Ibice byinshi byo muri ibyo bice bimaze kwigarurirwa na M23.

I Cyumweru gishize bivugwa ko uwo mutwe wa M23 ko umaze kuzenguruka u Mujyi wa Goma, ni mu gihe imihanda yose ihuza u Mujyi wa Goma na za teritware kuri ubu bigenzurwa n’uwo mutwe wa M23.

Ni imirwano bi navugwa ko ikomeje gusatira igana mu Mujyi wa Goma. N’ubwo biruko ubutegetsi bwa Kinshasa bukomeje gushimangira ko butazaganira n’umutwe wa M23.

Mu gihe M23 yo ihora isaba ko Kinshasa ya kwe mera bagakorana ibiganiro mu rwego rwo kugira ngo amahoro agaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Ki mwe ho M23 iheruka gutangaza ko mu gihe leta yahisemo inzira y’intambara ko n’abo batagishize ibiganiro imbere banavuga ko “vuba bagiye gushiraho iherezo ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.”

            MCN
Tags: Mu Burasirazuba bwa RDCPapa FrancisYagize icyavuga ku ntambara
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga Itorero riherereye i Kigali mu Rwanda rya Foursquare, riyobowe na Bishop Fidel Masengo, ryafashije umuririmbyi uririmba...

Read moreDetails

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Umuyobozi w'Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry'Imana abugenera abatuye isi yose Ngendahayo Justin, Umuyobozi w'Impunzi mu ikambi z'icyumbikiwemo y'i Nakivale, ha herereye mu majy'Epfo ya Uganda,...

Read moreDetails

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n'abitandukanya n'imiryango yabo Evangelist Chantal Nyamazaire, kuri iki cyumweru tariki ya 12/10/2025, mu nyigisho yabwirije, yavuze ku myitwarire igomba kuranga...

Read moreDetails

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira Dr Lazare Sebitereko Rukundwa, umuyobozi mukuru w'ishuri rya kaminuza rya UEMI rifite icyicaro gikuru mu Minembwe, ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge...

Read moreDetails

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

by Bahanda Bruce
October 7, 2025
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya Amatorero abiri yapinganaga kuva mu myaka 40 ishyize, 8ème CEPAC na 37ème CADEC, yasabanye imbabazi mu Minembwe arababarirana,...

Read moreDetails
Next Post
Ibya FDLR na Fardc, byashizwe ku karubanda, mu gihe kandi M23 yongeye gufata Imbunda ziremereye ku rugamba.

Ibya FDLR na Fardc, byashizwe ku karubanda, mu gihe kandi M23 yongeye gufata Imbunda ziremereye ku rugamba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?