• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa RDC , bwa tewe impungenge n’u Ruzinduko rwa General Chanegriha aheruka kugirira i Kigali mu Rwanda.

minebwenews by minebwenews
February 27, 2024
in Regional Politics
0
Ubutegetsi bwa RDC , bwa tewe impungenge n’u Ruzinduko rwa General Chanegriha aheruka kugirira i Kigali mu Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Kinshasa bwa hamagaje ambasaderi wa Algeria muri RDC kwi sigura kubera uruzinduko rwa General Chanegriha aheruka kugirira mu Rwanda.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ni kuri uyu wa Mbere, tariki ya 26/02/2024, ambasaderi wa Algeria i Kinshasa yahamagajwe muri minisiteri y’ubanye n’amahanga ya RDC ku gira yisigure ku ruzinduko rw’u mugaba mukuru w’ingabo za Algeria aheruka kugirira mu Rwanda.

Minisitiri w’u banye n’amahanga wa RDC Christophe Lutundula, uyoboye iriya minisitiri y’u banye n’amahanga, abinyujije k’urubuga rwa X, yatangaje ati: “Usibye kumenya ubusugire bwa buri gihugu, ariko turashaka kumenya ibisobanuro by’imbitse ku ruzinduko umugaba mukuru w’ingabo za Algeria yagiriye mu Rwanda.”

Ahagana tariki ya 20/02/2024, nibwo General Saïd Chanegriha yazindukiye i Kigali mu Rwanda, aho yabonanye n’abategetsi batandukanye barimo n’umugaba mukuru w’Ingabo za RDF, Gen Mubarakh Muganga.

Ubwo uyu mugaba mukuru w’ingabo za Algeria yafataga i jambo ari i Kigali mu Rwanda, yavuze ko umubano w’igisirikare cya Algeria n’izu Rwanda ko ari ngombwa, anavuga ko iwe n’aba ofisiye bazananye muri urwo ruzinduko ko baje kongerera ubufatanye bw’Ingabo z’i bihugu byombi.

Yagize ati: “Byari ngombwa ko dushaka uburyo butandukanye twa giririamo ubufatanye kugira ngo dukemure ibibazo biri imbere, dutekereze ku bibangamiye Afrika n’uturere duturanye. Ibiganiro byacu birakomeje kandi muri uru ruzinduko, imikoranire yacu irongererwa imbaga.”

Repubulika ya demokarasi ya Congo, yakunze kw’i koma ibihugu biba byagize icyo biseserana n’u Rwanda, harimo ko vuba aha ubwo perezida wa Pologne yari mu Rwanda aza kwemerera iki gihugu ubufatanye burimo n’u bwa gisirikare, icyo gihe u butegetsi bwa RDC kandi bwa maganye icyo gihugu cya Pologne.

Ibi kandi byabaye mu mwaka ushize nyuma y’uko perezida wa Congo Brazzaville yari yazindukiye i Kigali agirana ibiganiro n’abategetsi b’u Rwanda biza kurangira RDC yamaganye iki gihugu.

                MCN.
Tags: Gen changrihaUruzinduko mu Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Ibindi byimbitse ku gitero umutwe wa Red Tabara, wagabye ku ngabo z’u Burundi i Buringa, mu Ntara ya Bubanza.

Ibindi byimbitse ku gitero umutwe wa Red Tabara, wagabye ku ngabo z'u Burundi i Buringa, mu Ntara ya Bubanza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?