• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I gihugu cy’u Bubiligi cya haye umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, igisubizo kinyuranye n’ibyo yabasabye!

minebwenews by minebwenews
February 29, 2024
in Regional Politics
0
I gihugu cy’u Bubiligi cya haye umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, igisubizo kinyuranye n’ibyo yabasabye!
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya RDC Félix Tshisekedi yasabiye u Rwanda ibihano ahabwa igisubizo kinyuranye nibyo yasabye.

You might also like

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

Ni ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 28/02/2024, Félix Tshisekedi yageze i Bruxelles mu Bubiligi, aho yageze avuye i Luanda muri Angola kuganira na mugenzi we João Lourenço, ku mutekano muke urangwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tshisekedi nyuma yo kwakirwa na minisitiri w’intebe w’u Bubiligi, Alexander De Croo, Abanyamakuru bamubajije icyifuzo cye ku Bubiligi, asubiza ko yifuza ko u Bubiligi bwa fatira u Rwanda ibihano.

Ati: “Ni fuza ko u Rwanda rufatirwa ibihano, kuko rufasha M23.”

Nti byatinze kuko na minisitiri w’intebe De Croo, yahise avuga ko gufatira u Rwanda ibihano bidashoboka, asobanura ko hari ibiganiro biri kuba muri uyu muryango kugira ngo uhane abantu ku giti cyabo bafite aho bahurira na M23, avuga kandi ko na leta ya Kinshasa ubwayo iha ubufasha imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, aburira Tshisekedi ko ikiruta ibindi ari uko intambara yo hagarara.

Ati: “U butegetsi bwa Kinshasa bugomba guharika ubufasha baha indi mitwe y’itwaje imbunda. Icyingenzi ubu ni uko imirwano ihagarara. Intambara imaze igihe kirekire cyane kandi yagize ingaruka kuri benshi.”

Ni kenshi leta ya Congo Kinshasa, yagiye isaba u Bubiligi, muri iki gihe buyoboye umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi, kugira ngo bu bogame, maze bufatire u Rwanda ibihano. Gusa ubuyobozi bwa EU bwa giye busubiza ko badashobora kugira aho babogamira ku makimbirane ari hagati mu karere.

Ikindi n’uko Tshisekedi yabwiye minisitiri w’intebe w’u Bubiligi, Alexander De Croo ko “igihugu abereye umukuru w’igihugu kidafite ibibazo by’i ntambara gusa, avuga ko RDC ifite n’ibibazo by’iterambere,” bityo ko u Bubiligi bukwiye kuba hafi ya Banyekongo.

              MCN.
Tags: Bwahaye RDCIgisubizo kinyuranye n'ibyo ba sabyeU Bubiligi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails
Next Post
Abarimo n’abadamu bakomerekejwe n’ibisasu biremereye byarashwe muri centre ya Sake, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Abarimo n'abadamu bakomerekejwe n'ibisasu biremereye byarashwe muri centre ya Sake, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?