Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I gihugu cy’u Bubiligi cya haye umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, igisubizo kinyuranye n’ibyo yabasabye!

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 29, 2024
in Regional Politics
0
I gihugu cy’u Bubiligi cya haye umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, igisubizo kinyuranye n’ibyo yabasabye!
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya RDC Félix Tshisekedi yasabiye u Rwanda ibihano ahabwa igisubizo kinyuranye nibyo yasabye.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 28/02/2024, Félix Tshisekedi yageze i Bruxelles mu Bubiligi, aho yageze avuye i Luanda muri Angola kuganira na mugenzi we João Lourenço, ku mutekano muke urangwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tshisekedi nyuma yo kwakirwa na minisitiri w’intebe w’u Bubiligi, Alexander De Croo, Abanyamakuru bamubajije icyifuzo cye ku Bubiligi, asubiza ko yifuza ko u Bubiligi bwa fatira u Rwanda ibihano.

Ati: “Ni fuza ko u Rwanda rufatirwa ibihano, kuko rufasha M23.”

Nti byatinze kuko na minisitiri w’intebe De Croo, yahise avuga ko gufatira u Rwanda ibihano bidashoboka, asobanura ko hari ibiganiro biri kuba muri uyu muryango kugira ngo uhane abantu ku giti cyabo bafite aho bahurira na M23, avuga kandi ko na leta ya Kinshasa ubwayo iha ubufasha imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, aburira Tshisekedi ko ikiruta ibindi ari uko intambara yo hagarara.

Ati: “U butegetsi bwa Kinshasa bugomba guharika ubufasha baha indi mitwe y’itwaje imbunda. Icyingenzi ubu ni uko imirwano ihagarara. Intambara imaze igihe kirekire cyane kandi yagize ingaruka kuri benshi.”

Ni kenshi leta ya Congo Kinshasa, yagiye isaba u Bubiligi, muri iki gihe buyoboye umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi, kugira ngo bu bogame, maze bufatire u Rwanda ibihano. Gusa ubuyobozi bwa EU bwa giye busubiza ko badashobora kugira aho babogamira ku makimbirane ari hagati mu karere.

Ikindi n’uko Tshisekedi yabwiye minisitiri w’intebe w’u Bubiligi, Alexander De Croo ko “igihugu abereye umukuru w’igihugu kidafite ibibazo by’i ntambara gusa, avuga ko RDC ifite n’ibibazo by’iterambere,” bityo ko u Bubiligi bukwiye kuba hafi ya Banyekongo.

              MCN.
Tags: Bwahaye RDCIgisubizo kinyuranye n'ibyo ba sabyeU Bubiligi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Abarimo n’abadamu bakomerekejwe n’ibisasu biremereye byarashwe muri centre ya Sake, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Abarimo n'abadamu bakomerekejwe n'ibisasu biremereye byarashwe muri centre ya Sake, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?