• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, May 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarimo n’abadamu bakomerekejwe n’ibisasu biremereye byarashwe muri centre ya Sake, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
February 29, 2024
in Regional Politics
0
Abarimo n’abadamu bakomerekejwe n’ibisasu biremereye byarashwe muri centre ya Sake, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarimo abasivile benshi ba komerekejwe ni bi bombe byarashwe muri centre ya Sake.

You might also like

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko

Ni ahagana isaha ya saa tanu, zo kuri uyu wa Kane, tariki ya 29/02/2024, i b’ibombe by’i tuye muri Centre ya Sake, biza gukomeretsa abaturage bataratangazwa umubare, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Sosiyete sivile yo muri ibyo bice yemeje ay’amakuru, ivuga ko ari ibi bombe bibiri byarashwe i Sake, bisiga bikomerekeje abasivile benshi, harimo n’abagore, ariko ntibavuga umubare wa bahakomerekeye.

Amakuru akomeje gucicikana ku mbaga nkoranya mbaga ahanini ku mbuga za x, avuga ko ibyo bi bombe byarashwe n’ingabo za SADC, aho bemeza ko ba biteye mu bice bigenzurwa na M23, ariko uy’u mutwe, nguza kwirwanaho mu buryo bwa kinyamwuga.

Uwitwa Shamamba ukunze kuvuga ku ntambara ishamiranije m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’u ruhande rwa leta ya Kinshasa, yagize ati: “Ingabo za Tanzania zo mu ngabo za Sadc bagabye igitero ku Ntare za Sarambwe(m23) mu Mujyi wa Sake, ariko ingabo za General Sultan Makenga zirwanyeho kinyamwuga.”

Ibi ntacyo ubuyobozi bw’Ingabo zu mutwe wa M23 barabivugaho.

Gusa nyuma y’ibyo bisasu byarashwe i Sake, muri teritware ya Masisi, abaturiye i Kambi yabavanwe mu byabo irahitwa mu Gunga, mu birometre bike na Sake bavuze ko bafite ubwoba ko bongera guhunga, nk’uko bivugwa na Sosiyete sivile.

Aba, bavanwe mu byabo kubera intarambara bagasaba ubuyobozi bw’Ingabo za RDC kubashakira umutekano uhagije.

          MCN.
Tags: Abarimo n'AbadamubakomeretseBombeSake
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu Muri iyi minsi, mu Burundi hongeye kuvugwa amakuru n’ibihuha bivuga ko...

Read moreDetails

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0
Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye Perezida wa Kenya, , ari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Tanzania rwatangiye ku wa Mbere tariki...

Read moreDetails

Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko

by Bahanda Bruce
May 3, 2026
0
Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko

Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yashimangiye ko umubano w’u Rwanda na Tanzania ukomeje gushingira...

Read moreDetails

Ishimwe rya Perezida Ndayishimiye ku Mugore We Rikomeje Kugaragaza Isura Nshya ya Politiki y’u Burundi

by Bahanda Bruce
May 3, 2026
0
Ishimwe rya Perezida Ndayishimiye ku Mugore We Rikomeje Kugaragaza Isura Nshya ya Politiki y’u Burundi

Ishimwe rya Perezida Ndayishimiye ku Mugore We Rikomeje Kugaragaza Isura Nshya ya Politiki y’u Burundi Tariki ya 01/05/2026, ubwo u Burundi bwizihizaga Umunsi Mpuzamahanga w’Umurimo, Perezida w’iki gihugu,...

Read moreDetails

Le Président Kagame à Dar es-Salaam : une visite porteuse d’une nouvelle dynamique diplomatique régionale

by Bahanda Bruce
May 3, 2026
0
Le Président Kagame à Dar es-Salaam : une visite porteuse d’une nouvelle dynamique diplomatique régionale

Le Président Kagame à Dar es-Salaam : une visite porteuse d’une nouvelle dynamique diplomatique régionale Le Président de la République du Rwanda, Paul Kagame, est attendu pour une...

Read moreDetails
Next Post
Ibimodoka byo mu bwoko bw’ibifalu by’ingabo za SADC bya huye n’uruva gusenya mu mirwano yabereye i Sake, muri teritware ya Masisi.

Ibimodoka byo mu bwoko bw'ibifalu by'ingabo za SADC bya huye n'uruva gusenya mu mirwano yabereye i Sake, muri teritware ya Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?