Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarimo n’abadamu bakomerekejwe n’ibisasu biremereye byarashwe muri centre ya Sake, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 29, 2024
in Regional Politics
0
Abarimo n’abadamu bakomerekejwe n’ibisasu biremereye byarashwe muri centre ya Sake, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarimo abasivile benshi ba komerekejwe ni bi bombe byarashwe muri centre ya Sake.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ahagana isaha ya saa tanu, zo kuri uyu wa Kane, tariki ya 29/02/2024, i b’ibombe by’i tuye muri Centre ya Sake, biza gukomeretsa abaturage bataratangazwa umubare, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Sosiyete sivile yo muri ibyo bice yemeje ay’amakuru, ivuga ko ari ibi bombe bibiri byarashwe i Sake, bisiga bikomerekeje abasivile benshi, harimo n’abagore, ariko ntibavuga umubare wa bahakomerekeye.

Amakuru akomeje gucicikana ku mbaga nkoranya mbaga ahanini ku mbuga za x, avuga ko ibyo bi bombe byarashwe n’ingabo za SADC, aho bemeza ko ba biteye mu bice bigenzurwa na M23, ariko uy’u mutwe, nguza kwirwanaho mu buryo bwa kinyamwuga.

Uwitwa Shamamba ukunze kuvuga ku ntambara ishamiranije m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’u ruhande rwa leta ya Kinshasa, yagize ati: “Ingabo za Tanzania zo mu ngabo za Sadc bagabye igitero ku Ntare za Sarambwe(m23) mu Mujyi wa Sake, ariko ingabo za General Sultan Makenga zirwanyeho kinyamwuga.”

Ibi ntacyo ubuyobozi bw’Ingabo zu mutwe wa M23 barabivugaho.

Gusa nyuma y’ibyo bisasu byarashwe i Sake, muri teritware ya Masisi, abaturiye i Kambi yabavanwe mu byabo irahitwa mu Gunga, mu birometre bike na Sake bavuze ko bafite ubwoba ko bongera guhunga, nk’uko bivugwa na Sosiyete sivile.

Aba, bavanwe mu byabo kubera intarambara bagasaba ubuyobozi bw’Ingabo za RDC kubashakira umutekano uhagije.

          MCN.
Tags: Abarimo n'AbadamubakomeretseBombeSake
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ibimodoka byo mu bwoko bw’ibifalu by’ingabo za SADC bya huye n’uruva gusenya mu mirwano yabereye i Sake, muri teritware ya Masisi.

Ibimodoka byo mu bwoko bw'ibifalu by'ingabo za SADC bya huye n'uruva gusenya mu mirwano yabereye i Sake, muri teritware ya Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?