Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yongeye kwikoma ubutegetsi bw’u Rwanda, maze anenga Abarundi babaye imbata z’icyo gihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 17, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yongeye kwikoma ubutegetsi bw’u Rwanda, maze anenga Abarundi babaye imbata z’icyo gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Evariste Ndayishimiye yongeye kumvikana anenga igihugu cy’u Rwanda n’abarundi bagishigikiye.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ni mu ijambo perezida Evariste Ndayishimiye, yavuze ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 16/03/2024, ubwo yari i Gitega, ku murwa mukuru wa politike w’igihugu cy’u Burundi, ahari ibirori bya bagore bo mu itsinda rizwi “nk’abakenyerarugamba bo mu ishyaka riri k’ubutegetsi rya CNDD FDD.”

Evariste Ndayishimiye yahawe ijambo ryo gusoza ibyo birori, maze agira ati: “Ubu harageze ko natwe tugira abo duha, u Burundi nti bugifata amadeni ahubwo ubu burafasha abandi, urebye neza bufite umuvuduko mu iterambere. Ibi rero birashimishije, binateye ibyishimo kuyobora abantu banezerewe. Abarundi bose ubu baranezerewe , umurundi utanezerewe ni wa wundi wabaye imbata y’ubutegetsi bw’u Rwanda. Ndabatumye mwebwe Barundi mubahamagare muti muve iyo muze mu gihugu cy’u munezero.”

Uy’u mukuru w’igihugu cy’u Burundi yakomeje agira ati: “Ugeze mu Burundi uraseka, mpora ndeba abandika kumbuga nkoranya mbaga, baba abarundi cyangwa ababa muri bwa bubata bw’ubutegetsi bw’u Rwanda buvuga ko bazica abarundi bose benewabo. Nicyo gituma nongeye guhamagarira abarundi benewacu, ni muze mu gihugu cy’u munezero tunezeranwe hamwe twese, kugeza aho ibihugu by’amahanga bizatangara.”

Ibi umukuru w’igihugu cy’u Burundi abivuze mu gihe abarundi bari guca mu bihe bitoroshye, aho ibiciro ku masoko biri hejuru k’urwego iki gihugu kitarigera kigeramo, ubukene burenze. Kuri ubu abarundi ba buze isukari, amashanyarazi ubu aracikagurika , amafaranga y’agaciro yabaye ndanze.

            MCN.
Tags: Evariste NdayishimiyeImbataYongeye gukinsha igihugu cy'u Rwanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Haravugwa abasirikare badasanzwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu bice bihana imbibi n’igihugu cy’u Rwanda.

Haravugwa abasirikare badasanzwe mu Ntara ya Kivu y'Amajyepfo, mu bice bihana imbibi n'igihugu cy'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?