• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yongeye kwikoma ubutegetsi bw’u Rwanda, maze anenga Abarundi babaye imbata z’icyo gihugu.

minebwenews by minebwenews
March 17, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yongeye kwikoma ubutegetsi bw’u Rwanda, maze anenga Abarundi babaye imbata z’icyo gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Evariste Ndayishimiye yongeye kumvikana anenga igihugu cy’u Rwanda n’abarundi bagishigikiye.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ni mu ijambo perezida Evariste Ndayishimiye, yavuze ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 16/03/2024, ubwo yari i Gitega, ku murwa mukuru wa politike w’igihugu cy’u Burundi, ahari ibirori bya bagore bo mu itsinda rizwi “nk’abakenyerarugamba bo mu ishyaka riri k’ubutegetsi rya CNDD FDD.”

Evariste Ndayishimiye yahawe ijambo ryo gusoza ibyo birori, maze agira ati: “Ubu harageze ko natwe tugira abo duha, u Burundi nti bugifata amadeni ahubwo ubu burafasha abandi, urebye neza bufite umuvuduko mu iterambere. Ibi rero birashimishije, binateye ibyishimo kuyobora abantu banezerewe. Abarundi bose ubu baranezerewe , umurundi utanezerewe ni wa wundi wabaye imbata y’ubutegetsi bw’u Rwanda. Ndabatumye mwebwe Barundi mubahamagare muti muve iyo muze mu gihugu cy’u munezero.”

Uy’u mukuru w’igihugu cy’u Burundi yakomeje agira ati: “Ugeze mu Burundi uraseka, mpora ndeba abandika kumbuga nkoranya mbaga, baba abarundi cyangwa ababa muri bwa bubata bw’ubutegetsi bw’u Rwanda buvuga ko bazica abarundi bose benewabo. Nicyo gituma nongeye guhamagarira abarundi benewacu, ni muze mu gihugu cy’u munezero tunezeranwe hamwe twese, kugeza aho ibihugu by’amahanga bizatangara.”

Ibi umukuru w’igihugu cy’u Burundi abivuze mu gihe abarundi bari guca mu bihe bitoroshye, aho ibiciro ku masoko biri hejuru k’urwego iki gihugu kitarigera kigeramo, ubukene burenze. Kuri ubu abarundi ba buze isukari, amashanyarazi ubu aracikagurika , amafaranga y’agaciro yabaye ndanze.

            MCN.
Tags: Evariste NdayishimiyeImbataYongeye gukinsha igihugu cy'u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Haravugwa abasirikare badasanzwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu bice bihana imbibi n’igihugu cy’u Rwanda.

Haravugwa abasirikare badasanzwe mu Ntara ya Kivu y'Amajyepfo, mu bice bihana imbibi n'igihugu cy'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?