Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imirwano yo gusubiranamo kw’i miryango y’Ababembe, yasize abatari bake bakomeretse abandi bahasiga ubuzima, muri teritware ya Fizi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 23, 2024
in Regional Politics
0
Imirwano yo gusubiranamo kw’i miryango y’Ababembe, yasize abatari bake bakomeretse abandi bahasiga ubuzima, muri teritware ya Fizi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano yo gusubiranamo kw’i miryango y’Ababembe yasize abatari bake bakomeretse abandi bahasiga ubuzima, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni ubushamirane budasanzwe bwavutse hagati y’u muryango wa Babungwe(Bashimilenge) na Batombwe, bose akaba ari abo mu bwoko bw’Ababembe, nk’uko amakuru yo munzego zibanze abivuga.

Ubu bushamirane ngo bugize igihe buhasanzwe ariko bigeze ku wa Kane no kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 22/03/2024, bifata indi ntera, kugeza aho bamwe muri iyi miryango bafashe imbunda bararwana bikomeye.

Ibyo bikaba byarabereye mu gace ka Iseke, gaherereye muri Secteur ya Ngandja, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Umuyobozi w’u muhana wa Iseke, bwana Ibonga Etabo, yavuze ko “iyo miryango ko bapfa ubutaka ahanini imipaka igabanya imihana ituwemo niyo miryango.”

Ati: “Ninjye muyobozi wa Iseke, aba baturage bamaze iminsi ibiri barwana. Barapfa imipaka . Ubuyobozi turi gushaka icya mara aya makimbirane.”

Yakomeje agira ati: “Nkomeje gusaba abayobozi kugira ngo bagire icyo bakora amazi atararenga inkombe.”

Batanu nibo bakomerekejwe n’iyo mirwano mu gihe abagera kuri babiri bo bahasize ubuzima. Naho ibyangiritse havuzwe ko amazu y’abaturage yatwitswe ndetse n’amatungo magufi yarishwe ahanini ihene n’inkoko.

               MCN.
Tags: AbabembeGusubirwamoImirwanoNgandja
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Urugamba rwo ku munsi w’ejo hashize rwa rangiye M23 ifashe  n’ibindi bice byo mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Urugamba rwo ku munsi w'ejo hashize rwa rangiye M23 ifashe n'ibindi bice byo mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?