• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, July 26, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urugamba rwo ku munsi w’ejo hashize rwa rangiye M23 ifashe n’ibindi bice byo mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
March 24, 2024
in Regional Politics
0
Urugamba rwo ku munsi w’ejo hashize rwa rangiye M23 ifashe  n’ibindi bice byo mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu mirwano yabaye ku munsi w’ejo byarangiye abo kuruhande rwa leta ya Kinshasa bakijijwe n’amaguru.

You might also like

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits

Ni mirwano yasakiranije ingabo za FARDC n’abambari bayo mu gace ka Kivuye ko muri teritware ya Masisi ni Kibumba muri teritware ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Amakuru avuga ko urugamba rwa bereye i Kivuye rwa tangiye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 23/03/2024, mu gihe i Kibumba ho rwa tangiye ahagana mu masaha ya saatanu z’igitondo.

Ni hagati y’ihuriro ry’ingabo za FARDC, FDLR, Wazalendo, abacancuro na SADC nabo bahanganye aribo M23.

MCN yabwiwe ko ku ruhande rw’i Kivuye FARDC n’abo bafatanya kurwanya M23 barahunze bakwira imishwaro ibyo bice biza gusigara byigaruriwe na M23.

Sosiyete sivile yo muri teritware ya Nyiragongo ihamya ko i Kibumba havugiye imbunda zikomeye ko kandi ako gace uruhande rwa leta ya Kinshasa barimo barwana ugupfa no gukira ni mugihe ibyo bice biri mu nkengero z’u Mujyi wa Goma.

Iyi Sosiyete sivile ikomeza ivuga ko M23 ko yabanjye kurushwa imbaraga mu masaha abanza ariko nyuma iza kw’irwanaho maze ingabo za FARDC n’abambari babo bayabangira ingata.

Gusa ubuyobozi bwa M23 bushinja Monusco guha ubufasha ingabo za leta bikarangira bwa bufasha burashe mu baturage rwa gati. Ibyo bikangiriza ibya baturage.

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yakoresheje urubuga rwe rwa X, agira ati: “Ubutegetsi butemewe bwa Kinshasa bugomba gukurikiranwa ku byaha byo mu ntambara no kwibasira ikiremwa muntu.”

Amakuru avuga ko M23 nyuma y’i mirwano y’ejo hashize, ikigenzura Kivuye n’udosozi twose tuyikikije yirukanyeho ingabo za leta zari zimaze igihe zihagenzura.

Tubibutsa ko imirwano yabaye kuri uyu wa Gatandatu mu gihe no ku wa Kane ndetse no k’uwa Gatatu, muri iki Cyumweru turimo hari habaye imirwano ikaze, yasize M23 y’igaruriye ibice byo muri Grupema ya Bashali -Mukoto nka Kirumbi, Gyagoro na Kalengera.

M23 ikaba yarongeye gusezeranya abaturage ko ingabo z’uwo mutwe zizarinda abaturage n’ibyabo ko kandi bazakora ibishoboka bakavanaho ubutegetsi bubi.

            MCN.
Tags: EjoKibumbaKivuyeM23 igeze mu bindi biceNyiragongoRwatangiyeurugamba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

RDC: Ubumwe bw'u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h'Igihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubumwe bw'u Burayi (European Union – EU)...

Read moreDetails

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits MINEMBWE CAPITAL NEWS...

Read moreDetails

ADF Yongeye Kumena Amaraso: Abasivili Bishwe Bunyamaswa mu Gace Kagenzurwa na FARDC, Mu gihe Aho MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bagenzura Hakomeje Kurangwa Umutekano

by Bahanda Bruce
July 23, 2026
0
ADF Yongeye Kumena Amaraso: Abasivili Bishwe Bunyamaswa mu Gace Kagenzurwa na FARDC, Mu gihe Aho MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bagenzura Hakomeje Kurangwa Umutekano

ADF Yongeye Kumena Amaraso: Abasivili Bishwe Bunyamaswa mu Gace Kagenzurwa na FARDC, Mu gihe Aho MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bagenzura Hakomeje Kurangwa Umutekano MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gitondo...

Read moreDetails

Impaka ku Biganiro by’Igihugu muri RDC: Ese Gukumira Kabila, Nangaa na M23 Bizazana Amahoro Cyangwa Bizakomeza Gucamo Ibice Abanyekongo?

by Bahanda Bruce
July 22, 2026
0
Corneille Nangaa Yanenze Ibiganiro Byifuzwaga na Kinshasa, Atangaza Icyo Asanga Ari Wo Muti Wonyine w’Ibibazo bya RDC

Impaka ku Biganiro by'Igihugu muri RDC: Ese Gukumira Kabila, Nangaa na M23 Bizazana Amahoro Cyangwa Bizakomeza Gucamo Ibice Abanyekongo? MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe Perezida wa Repubulika...

Read moreDetails
Next Post
Mu nama idasanzwe yateranye ejo ihuje abanyamuryango b’ibihugu bya Afrika y’Amajy’epfo, SADC, hafashwe izindi ngamba ku kugarura umutekano mu Burasirazuba bwa RDC.

Mu nama idasanzwe yateranye ejo ihuje abanyamuryango b'ibihugu bya Afrika y'Amajy'epfo, SADC, hafashwe izindi ngamba ku kugarura umutekano mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?